Radio show I Uruhare rw’Ibigo by’Ubucuruzi Buto mu Rugendo rwo Kuzahura Ubukungu

Uruhare rw’Ibigo by’Ubucuruzi Buto mu Rugendo rwo Kuzahura Ubukungu

Kuwa 18 Werurwe 2021,  SME Response Clinic yatangije ubukangurambaga bwa Twiteze Imbere bugamije kwishimira uruhare Ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bifite mu rugamba rwo kuzahura ubukungu bwazahajwe n’Icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda. Ubwo bukangurambaga bwatewe inkunga n’abafatanyabikorwa ba SME Response Clinic n’abatanga serivisi z’iterambere ry’ubucuruzi harimo Ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, kwihangira imirimo, n’ibigo by’imari iciriritse (RICEM).

Muri ubwo bukangurambaga, hakozwe  ikiganiro cyaciye  kuri radiyo gitangwa na Esperance Niyitegeka, ukuriye gahunda y’amahugurwa muri RICEM na Angelique Uwimana, rwiyemezamirimo ukora mu kigo cy’ubudozi  cyanyuze muri gahunda y’amahugurwa ya RICEM. Esperance yasobanuye mu buryo burambuye ibijyanye n’ubukangurambaga anashimangira uruhare ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bigira mu kazahura ubukungu bwazahajwe na COVID-19 mu Rwanda harebwa uruhare rwa byo mu misoro igihugu cyinjiza.  Angelique kandi yashishikarije ba rwiyemezamirimo b’abagore kugira uruhare muri ubu bukangurambaga bagerageza amahirwe yabo yo kubona igihembo cyabafasha  kongera imari yabo; izabafasha guteza imbere ubucuruzi bwabo.

Kanda hano maze wumve icyo kiganiro!

The role of SMEs in the road to recovery

On 18th March 2021, the SME Response Clinic launched the Twiteze Imbere campaign to recognize and celebrate the role SMEs play in Rwanda’s road to recovery from the COVID-19 pandemic. The campaign was supported by the partners of the SME Response Clinic and business development service providers, including the Rwanda Institute of Cooperatives, Entrepreneurship, and Microfinance (RICEM) 

During the campaign, a radio show was conducted featuring Esperance Niyitegeka, a lead trainer at RICEM and Angelique Uwimana, an entrepreneur involved in the tailoring business that had gone through RICEM’s training program. Esperance gave a detailed overview of the campaign and highlighted the role SMEs play in Rwandas recovery from COVID-19, sighting their contribution to taxes. Angelique also encouraged women entrepreneurs to participate in the campaign to stand a chance to win and increase their capital, which would help them develop their businesses.  


Radio show I The role of SMEs in the road to recovery

The role of SMEs in the road to recovery

On 18th March 2021, the SME Response Clinic launched the Twiteze Imbere campaign to recognize and celebrate the role SMEs play in Rwanda’s road to recovery from the COVID-19 pandemic. The campaign was supported by the partners of the SME Response Clinic and business development service providers, including the Rwanda Institute of Cooperatives, Entrepreneurship, and Microfinance (RICEM) 

During the campaign, a radio show was conducted featuring Esperance Niyitegeka, a lead trainer at RICEM and Angelique Uwimana, an entrepreneur involved in the tailoring business that had gone through RICEM’s training program. Esperance gave a detailed overview of the campaign and highlighted the role SMEs play in Rwandas recovery from COVID-19, sighting their contribution to taxes. Angelique also encouraged women entrepreneurs to participate in the campaign to stand a chance to win and increase their capital, which would help them develop their businesses.  

Uruhare rw’Ibigo by’Ubucuruzi Buto mu Rugendo rwo Kuzahura Ubukungu

Kuwa 18 Werurwe 2021,  SME Response Clinic yatangije ubukangurambaga bwa Twiteze Imbere bugamije kwishimira uruhare Ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bifite mu rugamba rwo kuzahura ubukungu bwazahajwe n’Icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda. Ubwo bukangurambaga bwatewe inkunga n’abafatanyabikorwa ba SME Response Clinic n’abatanga serivisi z’iterambere ry’ubucuruzi harimo Ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, kwihangira imirimo, n’ibigo by’imari iciriritse (RICEM).

Muri ubwo bukangurambaga, hakozwe  ikiganiro cyaciye  kuri radiyo gitangwa na Esperance Niyitegeka, ukuriye gahunda y’amahugurwa muri RICEM na Angelique Uwimana, rwiyemezamirimo ukora mu kigo cy’ubudozi  cyanyuze muri gahunda y’amahugurwa ya RICEM. Esperance yasobanuye mu buryo burambuye ibijyanye n’ubukangurambaga anashimangira uruhare ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bigira mu kazahura ubukungu bwazahajwe na COVID-19 mu Rwanda harebwa uruhare rwa byo mu misoro igihugu cyinjiza.  Angelique kandi yashishikarije ba rwiyemezamirimo b’abagore kugira uruhare muri ubu bukangurambaga bagerageza amahirwe yabo yo kubona igihembo cyabafasha  kongera imari yabo; izabafasha guteza imbere ubucuruzi bwabo.

Kanda hano maze wumve icyo kiganiro!


Leta y’u Rwanda yashyize ahagaragara ibyemezo bishya byo kurwanya COVID-19.

Leta y’u Rwanda yashyize ahagaragara  ibyemezo bishya byo kurwanya COVID-19.  

Kuwa 14 Mata 2021, Leta yashyize ahagaragara ibyemezo bishya byo kurwanya COVID-19. Ingendo  hagati ya Kigali n’izindi ntara n’uturere bizakomeza harimo Bugesera, Nyanza na Gisagara. Ingendo zirabujijwe hagati ya saa tatu z’ijoro na saa kumi za mu gitondo usibye mu Ntara y’Amajyepfo mu turere twa Ruhango, Nyanza, Huye, Gisagara, Nyaruguru na Nyamagabe aho ingendo zibujijwe hagati ya saa moya z’ijoro na saa kumi za mu gitondo kubera izamuka ry’ubwandu bw’icyorezo cya COVID-19.

Serivisi za Leta zizakomeza gukoresha gusa abakozi ba ngombwa batarenze 30% by’abakozi bose zishobora gukoresha. Ibigo by’ubucuruzi by’abikorera nabyo bizakomeza gukoresha abakozi ba ngombwa batarenze 50% by’abakozi bose bishobora gukoresha. Amasoko akorera mu mazu manini kimwe n’amasoko asanzwe azakomeza gukora ; abayacururizamo bagurisha  ibicuruzwa by’ingenzi kandi ntibagomba kurenga 50% by’abemerewe gucururiza muri bene ayo masoko banditse. Amaresitora n’aho bafatira amafunguro bizakomeza gukora kugeza ku kigero cya 50% cy’ubushobozi bw’abakiriya bishobora kwakira kandi bigomba gufunga saa mbiri z’ijoro,  naho gutwara ibintu bizajya bikora kugeza saa tatu z’ijoro.

Imodoka zitwara abagenzi n’izitwara abantu ku giti cyabo zizakomeza gukora ariko za bisi ntabwo zemerewe gutwara abantu barenze 50% by’ubushobozi bwazo. Ba nyir’amabisi basabwa kubahiriza amabwiriza yo guhana intera hagati y’umuntu n’undi kandi bagatwara mu mabisi yabo gusa abantu bambaye udupfukamunwa. Inama zihuza abantu zizakomeza kujya zikorwa ariko abazitabira ntibagomba kurenga 30% by’ubushobozi bw’ahantu izo nama zikorerwa. Ku bijyanye n’inama zihuza abantu barenze 20, abazitabira bagomba kuba baripimishije COVID-19.

Ubukerarugendo buzakomeza hubahirizwa cyane ingamba zo kwirinda COVID-19, harimo amahoteri, abatembereza abantu mu gihugu na serivisi zo gutwara abantu zifasha abashyitsi. Ba mukerarugendo n’abatanga serivisi bagomba kumenyesha  RDB ibijyanye n’inzira bazanyuramo. Ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kizakomeza gukora, ariko abagenzi binjira mu gihugu bagomba kwerekana ibisubizo by’ibizami bigaragaza ko batanduye indwara ya COVID-19 byafashwe  hakoreshejwe ibizami bya PCR mu masaha 72 mbere y’uko bahaguruka mu bihugu baturutsemo kandi bakagomba kubahiriza amabwiriza yo kwirinda ubwandu. Abagenzi bava mu Rwanda bagomba kwerekana  ibisubizo by’ibizami bigaragaza ko batanduye indwara ya COVID-19 byafashwe  hakoreshejwe ibizami bya PCR mbere yo kugenda.

Siporo zikorwa n’umuntu ku giti cye n’izikorerwa hanze abantu badakoranaho zizakomeza ariko hubahirizwa amabwiriza ya Minisiteri ya Siporo. Amazu akorerwamo siporo, ibikorwa bijyanye n’imikino, ndetse n’ibigo byo kuruhukiramo bizakomeza gufungwa.

Leta y’u Rwanda izasohora ingamba nshya zo kwirinda COVID -19 mu minsi 15.

April 14th 2021

On 14th April 2021, the government announced new preventive measures for COVID-19. Movement between Kigali and other provinces and districts will continue, including Bugesera, Nyanza and Gisagara. Movements are prohibited between 9 pm-4 am except for south region in the districts of Ruhango, Nyanza, Huye, Gisagara, Nyaruguru and Nyamagabe, where movements are prohibited between 7pm-4am due to a rise in the cases of infection.  

Public offices will continue to operate with only essential staff not exceeding 30% capacity. Private businesses will also continue to work with only essential staff not exceeding 50% capacity. Malls and markets will continue with vendors providing critical products and will not exceed 50% mall and market capacity of registered vendors. Restaurants and cafés will continue operations with a 50% occupancy limit, closing by 8 pm with deliveries operating till 9pm.  

Public and private transport will continue with not more than 50% capacity for buses. Bus operators will be required to maintain social distancing and only allow passengers with masks. Physical meetings will continue not exceeding 30% venue capacity. Physical meetings of more than 20 people will require participants to have been tested for COVID-19. 

Tourism will continue with strict adherence to COVID-19 health measures, including hotels, tour operators and transport services facilitating guests. Tourists and service providers must inform RDB of itineraries. Kigali’s international airport will remain open, but arriving passengers must present a negative PCR within 72 hours before the first departure and must comply with health guidelines. Departing passengers must show negative PCR results before departure.  

Individual and non-contact outdoor sports will continue while following the Ministry of Sports guidelines. Gyms, gaming activities, and recreational centers will remain closed. 

The government of Rwanda will update COVID-19 preventive measures after 15 days. 

March 29th 2021

On 29th March 2021, the government announced new preventive measures for COVID-19. Movement between Kigali and other provinces and districts will continue including Bugesera, Nyanza and Gisagara. Movements are prohibited between 9pm-4am except for south province in the districts of Ruhango, Nyanza, Huye, Gisagara, Nyaruguru and Nyamagabe where movements are prohibited between 7pm-4am due to a rise in the cases of infection.

Public offices and private business will resume with only essential staff not exceeding 30% capacity. Malls and markets will continue with only vendors providing essential products and will not exceed 50% mall and market capacity of registered vendors. Restaurants and cafés will continue operations with a 30% occupancy limit, closing by 8pm with deliveries operating till 9pm.

Public and private transport will continue with not more than 50% capacity for buses. Bus operators will be required to maintain social distancing and only allow passengers with masks.

Tourism will continue with strict adherence to COVID-19 health measures, including hotels, tour operators and transport services facilitating guests. Tourists and service providers must inform RDB of itineraries. Kigali’s international airport will remain open but arriving passengers must present a negative PCR within 72 hours before the first departure and must comply with health guidelines. Departing passengers must present negative PCR results before departure.

Individual and non-contact outdoor sports will continue while following guidelines from the Ministry of Sports. Gyms, gaming activities, and recreational centers will remain closed.

The government of Rwanda will update COVID-19 preventive measures after 15 days.

March 15th 2021

On 15th March 2021, the government issued new preventive measures for COVID-19. Movement between Kigali and other provinces and districts has been resumed except for Bugesera, Nyanza and Gisagara with curfew starting from 9pm-4am. Specific guidelines will be issued for the three districts by the Ministry of Local Government.

Public offices and private business will resume with only essential staff not exceeding 30% capacity, closing at 6pm. Malls and markets will continue with only vendors providing essential products and will not exceed 50% mall and market capacity of registered vendors. Restaurants and cafés will continue operations with a 30% occupancy limit, closing by 8pm with deliveries operating till 9pm.

Public and private transport will continue with not more than 75%% capacity for buses. Bus operators will be required to maintain social distancing and only allow passengers with masks.

Tourism will continue with strict adherence to COVID-19 health measures, including hotels, tour operators and transport services facilitating guests. Tourists and service providers must inform RDB of itineraries. Kigali’s international airport will remain open but arriving passengers must present a negative PCR within 72 hours before the first departure and must comply with health guidelines. Departing passengers must present negative PCR results before departure.

Individual and non-contact outdoor sports will continue while following guidelines from the Ministry of Sports. Gyms, gaming activities, and recreational centers will remain closed.

The government of Rwanda will update COVID-19 preventive measures after 15 days.

February 19, 2021

On 19th February 2021, the government issued new preventive measures for COVID-19. The issued measures will take effect nation-wide effective 23rd February 2021. Movement between Kigali and other provinces and district remains restricted with curfew starting from 8pm-4am. Public offices and private business will resume with only essential staff not exceeding 30% capacity, closing at 6pm. Malls and markets will open with only vendors providing essential products and will not exceed 50% mall and market capacity of registered vendors. Restaurants and cafés will resume operations with a 30% occupancy limit, closing by 6pm and deliveries operating till 8pm.

Public and private transport will continue with not more-than 75% capacity for buses. Bus operators will be required to maintain social distancing and only allow passengers with masks. Motorcycles and bicycles will also resume operations while observing strict hygiene.

Tourism will continue with strict adherence to COVID-19 health measures, including presenting a negative COVID-19 test for traveling tourists and informing RDB of itineraries. Kigali’s international airport will remain open but arriving passengers must present a negative PCR within 72 hours before the first departure and self-quarantine for seven days, taking a PCR test at the end of this period. Departing passengers must present negative PCR results before departure.

Individual and non-contact outdoor sports will resume while following guidelines from the Ministry of Sports. Gym, gaming activities, and recreational centers will remain closed.

The government of Rwanda will COVID-19 preventive measures after 15 days.

February 2, 2021

On 2nd February 2021, the government issued new preventive measures for COVID-19 with specific measures for the city and Kigali and different measures for the rest of the districts. The current lockdown in the city of Kigali will prevail till 7th February 2021, after which movements are permitted only between the hours of 4 am and 7 pm. Private businesses will resume with only 30% capacity of employees working from offices while other employees working from home, closing at 5pm. Malls and markets will open with only vendors providing essential products and will not exceed 50% mall and market capacity. Restaurants and cafes may provide takeaway services only.

Public and private transport in Kigali not 50% capacity for buses. Bus operators will be required to maintain social distancing and only allow passengers with masks. Motorcycles and bicycles will also resume operations while observing strict hygiene.

Tourism will continue with strict adherence to COVID-19 health measures, including presenting a negative COVID-19 test for traveling tourists and informing RDB of itineraries. Kigali’s international airport will remain open but arriving passengers must present a negative PCR within 72 hours before the first departure and self-quarantine for seven days, taking a PCR test at the end of this period. Departing passengers must present negative PCR results before departure.

Preventive measures for the rest of the country include the prohibition of movements from 4 am to 7 pm. For the hospitality industry, social gatherings and events are all prohibited, and public gyms and swimming pools are restricted from the public.

The government of Rwanda will COVID-19 preventive measures after 15 days.

January 20, 2021

Given an increase in COVID-19 cases, the government of Rwanda has issued new preventive measures to curb its spread. Preventive measures for Kigali include the prohibition of movements of unnecessary movements including visits outside of homes except for essential services including medical/healthcare, food shopping, and banking. All other movements will require an approved permit from the Rwanda National Police. Travel between Kigali and other provinces and districts has been restricted with for the exception of travel for essential services and tourism, whereby tourists must possess a negative COVID-19 test.

Public transport has been halted with exception of transportation of food and other essential services. Businesses involved in farming will continue to operate for the ongoing agricultural season while observing COVID-19 control measures. All businesses must be closed except those selling food, pharmacies, cleaning products, which may operate at 30% capacity and close by 6 pm. Restaurants and cafes may provide takeaway only.

Preventive measures for the rest of the country include the prohibition of movements from 4 am to 6 pm. For the hospitality industry, social gatherings and events are all prohibited and public gyms and swimming pools shall be restricted from the public.

COVID-19 preventive measures are reviewed every 15 days.

To read more about the Cabinet’s communication, visit: Cabinet Communique 18TH January 2021

January 7, 2021

With an increasing number of COVID-19 infections, the government of Rwanda has issued new preventive measures. Key measures introduced include the prohibition of movements of persons from 8 pm to 4 am. The cabinet also resolved that business establishments including shops, restaurants, markets, and malls must close business operations by 6 pm. Public and private transport between Kigali and other districts is prohibited except for domestic and international tourists that present negative COVID-19 test results and vehicles transporting goods with not more than two people on board.

Specifically for the hotel/hospitality industry, social gatherings and events including hosting of wedding ceremonies, receptions, meetings, and conferences have been prohibited. Public gyms and swimming pools are restricted from public use with the exception of hotel guests with negative COVID-19 test results.

COVID-19 preventive measures are reviewed every 15 days.

To read more about the Cabinet’s communication, visit: Cabinet Communique 4th January 2021


Radio show I Get to know the Twiteze Imbere Campaign and SME Response Clinic

Get to know the Twiteze Imbere Campaign and SME Response Clinic

On 26th March 2021, the SME Response Clinic launched the Twiteze Imbere campaign to recognize and celebrate the role SMEs play in Rwandas road to recovery from the COVID-19 pandemic. The campaign was supported by the partners of the SME Response Clinic, including the African Management Institute (AMI), which will be providing sponsorship to select runners-up of the campaign’s Business Awards competition to participate in its Survive to Thrive programme. The programme equips business owners with the skills, tools, and strategies to navigate challenges and thrive in difficult times.   

AMI’s country director, Malik Shaffy Lizinde, was featured on Radio Rwanda for a 30-minute discussion on the Amahumbezi program. Malik gave a detailed overview of the campaign and highlighted how SMEs could engage with the campaign to stand a chance to win 1 million Rwandan Francs and expert advisory services.  

Menya Ubukanguramabaga bwa Twiteze Imbere na SME Response Clinic

Kuwa 26 Werurwe 2021, SME Response Clinic yatangije ubukangurambaga bwa  Twiteze Imbere bugamije kwemera no kwishimira uruhare ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bigira mu rugamba rwo kuzahura ubukungu bwajahajwe n’Icyorezo cya COVID-19. Ubwo bukangurambaga bwatewe inkunga n’abafatanyabikorwa ba SME Response Clinic, barimo Ikigo Nyafurika cy’Icungamutungo (AMI), kizatanga amafaranga yo guhitamo abazahatanira igihembo gihabwa ikigo cy’ubucuruzi muri ubu bukangurambaga kugira ngo kibashe kwitabira Gahunda yayo ya Komeza Utere Imbere (Survive to Thrive). Gahunda iha abafite ibigo by’ubucuruzi ubumenyi ngiro, ibikoresho, n’ingamba zo guhangana n’ingorane no gutera imbere mu bihe bikomeye.

Umuyobozi w’AMI mu rwego rw’igihugu, Bwana Malik Shaffy Lizinde, yahawe umwanya kuri Radiyo Rwanda wo gukora ikiganiro cy’iminota 30 kuri gahunda y’Amahumbezi. Bwana Malik yavuze muri make ibijyanye n’ubwo bukangurambaga anasobanura mu buryo bwimbitse  uburyo ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bikwiye kwitabira iyi gahunda kugira ngo bibashe kubona miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda na serivisi z’ubujyanama bizahabwa n’inzobere.


IN THE NEWS l Hatangijwe ubukangurambaga buzashimirwamo ibigo bito byagaragaje umuhate mu kwigobotora ingaruka za Covid-19

Hatangijwe ubukangurambaga buzashimirwamo ibigo bito byagaragaje umuhate mu kwigobotora ingaruka za Covid-19

Bizakorwa binyuze mu rubuga SME Response Clinic rwatangijwe n’urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu giharanira ko serivisi z’imari zigera kuri bose, Access to Finance Rwanda (AFR), hagamijwe kugeza amakuru ya ngombwa ku bari mu bucuruzi mu guhangana n’ingaruka za Covid-19.

Urwo rubuga rukusanyirizwaho amakuru n’ubujyanama ku icungamari, imisoro, imikoranire na banki n’aho abari mu bucuruzi bakura ibishoro muri iki gihe cya Covid-19.

Ubukangurambaga bwa ‘Twiteze Imbere’ buzamara ibyumweru bitatu, bukubiyemo gusangira amakuru y’uburyo ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse byabashije guhangana n’ibihe bikomeye by’icyorezo cyugarije Isi. Hazanashishikarizwa ba rwiyemezamirimo na ba nyir’ibigo by’ubucuruzi bitandukanye kwitabira gahunda za SME Response Clinic, ndetse ibizagaragaza ubudasa bihabwe ishimwe.

Icyo gikorwa kizaterwa inkunga na Access to Finance Rwanda, ConsumerCentriX, Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF), Ishyirahamwe ry’Ibigo by’Imari Iciriritse Bikorera mu Rwanda (AMIR), Ikigo Nyafurika Kigamije Guteza Imbere Imiyoborere (AMI), New Faces New Voices Rwanda, n’Ishyirahamwe ry’Amabanki mu Rwanda.


IN THE NEWS | Ibigo by’ubucuruzi buto birakangurirwa kwitabira ubukangurambaga bwa “Twiteze Imbere”

Ibigo by’ubucuruzi buto birakangurirwa kwitabira ubukangurambaga bwa “Twiteze Imbere”

Ubukangurambaga bwa “Twiteze Imbere” bwateguwe n’abafatanyabikorwa b’ihuriro rya ‘SME Response Clinic’ mu rwego rwo gushyigikira no kuzirikana uruhare rw’ibigo by’ubucuruzi buto mu kuzahura ubukungu bw’u Rwanda bwazahajwe n’icyorezo cya COVID-19.

Kimwe mu bikorwa bigize ubwo bukangurambaga ni irushanwa rishishikariza abantu gutanga amazina y’ibigo by’ubucuruzi bito babona bigira imikorere myiza. Ibigo by’ubucuruzi bizatsinda bikazahabwa igihembo cya miliyoni imwe y’Amafaranga y’u Rwanda (1.000.000Frw) hamwe na serivisi z’ubujyanama zitangwa n’impuguke mu bucuruzi.

Icyiciro cy’ubucuruzi buzatsinda ku mwanya wa kabiri kizahabwa inkunga yo gukurikirana amahugurwa atangwa n’Ikigo Nyafurika Kigamije Guteza Imbere Imiyoborere (AMI), yiswe “Komeza Utere Imbere – Survive to Thrive”. Binyuze kuri ayo mahugurwa, ba rwiyemezamirimo bazunguka ubuhanga, bahabwe ibikoresho byabugenewe, bige n’ingamba zabafasha guhangana n’ibibazo bagakomeza gutera imbere muri ibi bihe bikomeye byatewe n’icyorezo cya COVID-19. Nanone, bazahahurira n’abandi bacuruzi bo mu Rwanda no muri Afurika.


IN THE NEWS l Uruhare rwa SME Response Clinic mu kuzahura ubucuruzi bwazahajwe n’ingaruka za Covid-19

Uruhare rwa SME Response Clinic mu kuzahura ubucuruzi bwazahajwe n’ingaruka za Covid-19

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Ibigo by’Imari iciriritse Bikorera mu Rwanda (AMIR), Nkuranga Aimable, yavuze ko ihuriro SME Response Clinic riri kugira uruhare rukomeye mu kuzahura ubukungu bw’Igihugu. Ubu washyigikira ikigo cy’ubucuruzi buto ukagiha amahirwe yo kwegukana ibihembo byatanzwe n’iri huriro.

SME Response Clinic ni urubuga rwatangijwe hagamijwe kujya rukusanyirizwaho amakuru n’ubujyanama ku icungamari, imisoro, imikoranire na banki n’aho abucuruzi bakura ibishoro muri iki gihe cya Covid-19.

Rufasha abanyarwanda benshi bari mu bikorwa by’ubucuruzi kandi amakuru yose agatangwa mu Kinyarwanda n’Icyongereza.

Hashize umwaka ihuriro rya SME Response Clinic ritangiye mu Rwanda. Iri huriro ryavutse mu gihe Igihugu cyari gihanganye n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19, aho ibigo bito n’ibiciriritse byahuye n’ihungabana ry’ubukungu ritabyoroheye.

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Ibigo by’Imari Iciriritse bikorera mu Rwanda (AMIR) rikaba rinabarizwa muri iri huriro, Nkuranga Aimable, yavuze ko iri huriro rihugura ba rwiyemezamirimo b’ibigo bito ndetse n’ibiri kwiyubaka mu gucunga amafaranga akoreshwa mu bucuruzi.


IN THE NEWS | FEATURED: SME Response Clinic in campaign to support small businesses’ post-Covid-19 recovery

FEATURED: SME Response Clinic in campaign to support small businesses’ post-Covid-19 recovery

In a bid to recognise the role of small businesses in Rwanda’s economic recovery from the Covid-19 pandemic, Access to Finance Rwanda and partners of the SME Response Clinic are running a campaign dubbed ‘Twiteze Imbere’.

The campaign, meaning ‘Let’s Move Forward Together,’ is supporting enterprises to overcome challenges and acknowledges their importance in job creation and Rwanda’s ongoing economic transformation.

Through resources and learning opportunities, the SME Response Clinic online platform provides access to training, industry insights, and financial management advice to entrepreneurs in Rwanda.

The campaign has been organised in collaboration with ConsumerCentriX, the Private Sector Federation, the Association of Microfinance Institutions in Rwanda, African Management Institute, New Faces New Voices Rwanda and the Rwanda Bankers’ Association.

A key feature of the campaign is to celebrate exceptional businesses through the inaugural SME Response Clinic Business Awards and to encourage entrepreneurs to utilise the SME Response Clinic.

As part of the campaign, people across Rwanda can nominate their favourite small businesses.


Virtual Event: Sub-Saharan Africa Vendor Forum for Woman-Owned Businesses

Virtual Event: Sub-Saharan Africa Vendor Forum for Woman-Owned Businesses

The World Bank Group (WBG) Corporate Procurement Unit invites woman-owned businesses to participate in an upcoming procurement forum. Entrepreneurs will learn how WBG does business, what they purchase, and what they are doing to include woman-owned businesses in their supply chain.

Date: April 7, 2021 

Time: 8:00 am EST (3:00 pm EAT) 

Where:  Zoom

The event will highlight the role played by WBG as an agent of change towards gender equality and women’s economic empowerment in the sub-Saharan Africa region. Woman-owned businesses that currently work with the WBG will share their insights and experiences with Corporate Procurement practices and procedures.

Agenda Highlights:

Welcome remarks:

  • Mr. Shaolin Yang, Managing Director and World Bank Group Chief Administrative Officer

Speakers include:

  • Ms. Caren Grown, Global Director, Gender, World Bank
  • Mr. Kenny Cheung, Chief of Corporate Procurement, World Bank Group
  • Ms. Ercília Mata Ubisse, Director of Business Development and Learning, ELIM Serviços (Mozambique)
  • Ms. Margaret Jackson, Managing Partner, Rainbow Consult (Ghana)
  • Ms. Patricia Sennequier, Founder and Managing Partner, Beautiful Soul (Senegal)

Language:

The language of the event will be English. English to French interpretation will be available.

Registration:

Registration for this event is required, and participation is free. To register, click on this link: https://worldbankgroup.zoom.us/webinar/register/WN_8hLid8l8R_iLxWQ5dmFS6w.

Space at the event is limited to 500 attendees. Registration is on a first-come, first-served basis. After registration reaches the maximum number of attendees, a waitlist will open. Attendance cannot be guaranteed to waitlisted individuals.


Uburyo butatu bwo kumenyereza umukozi akazi 

Uburyo butatu bwo kumenyereza umukozi akazi  

Nk’umuntu ufite ibikorwa by’ubucuruzi bito, uhora ushakisha buri gihe uburyo bwo kunoza ibikorwa byawe no kongera umusaruro. Niba ufite abakozi, ni kimwe mu bintu by’ingenzi bigize ubucuruzi bwawe kandi ukumenyera akazi kwa bo ni ingenzi cyane kugira ngo ubwo bucuruzi  burusheho kugenda neza. Uhereye kuri ibyo ngibyo, dore uburyo butatu bwagufasha kumenyereza abakozi bawe akazi  

1. Koresha politiki y’urugi rufunguye 

Politiki y’urugi rufunguye bisobanura ko uganira n’abakozi bawe nta mbereka. Ganira n’abakozi bawe mu buryo butaziguye, ubabaze icyo batekereza n’ibigomba gukorwa kandi nawe ushyireho akawe. Ibi bituma abakozi barushaho gushishikarira gukora (morale) kandi bakabasha no kuvuga ibitekerezo byabo mu bwisanzure. Bashobora no kukungura ibitekerezo byatuma ubucuruzi bwawe burushaho kugenda neza. Ibi bizana umwuka mwiza mu kazi bigatuma abakozi bongera umusaruro ari nako bishimangira umubano mwiza ku kazi  

2. Imenyereze kujya uhindura imitunganyirize y’akazi igihe bibaye ngombwa. 

Gutunganya akazi mu buryo bushobora guhinduka igihe ari ngombwa bigenda biba uburyo bukurikizwa mu bikorwa by’ubucuruzi byinshi mu nzego zose. Udukorwa dusanzwe nko gufata ikiruhuko abantu basangira ikawa cyangwa kubaha ikiruhuko kugira ngo babashe gukemura ibibazo byihutirwa cyangwa ibibazo byo mu muryango bishobora gutuma imiterere y’ubuzima bwo ku kazi bw’umukozi ijyana neza n’ireme ry’ubuzima. Gutunganya akazi muri ubwo buryo bituma gusiba ku kazi bya hato na hato bigabanuka, umusaruro ukiyongera ndetse n’abakozi bakarushaho kuba indahemuka  

3. Bwira abakozi bawe icyerekezo nyamukuru cy’ubucuruzi bwawe 

Nk’umuntu ufite ibikorwa by’ubucuruzi bito, uhora buri gihe ushakisha uko ubwo bucuruzi bwakwaguka. Ganiriza abakozi bawe ibyerekeranye n’imigambi y’ibihe biri imbere ufitiye ubucuruzi bwawe  kandi utege amatwi wumve ibitekerezo byabo. Nutega amatwi ibitekerezo byabo, bazumva bahawe agaciro, ibyo bikazatuma barushaho kwitangira akazi kabo  

Ibikorwa by’ubucuruzi hafi ya byose biri hafi yo kongera gukora mu Rwanda; shaka uburyo bwo gushyira izi nama mu bikorwa maze harusheho kuza umwuka mwiza mu kazi; ibyo bizatuma abakozi bawe bumva bafite agaciro noneho bafashe ubucuruzi bwawe gutera imbere!