Iminsi mikuru ishobora kuba igihe cyiza cyo kuzamura ingano y’ibyo umuntu agurisha- dore uburyo byakorwa!
Iminsi mikuru ishobora kuba igihe cyiza cyo kuzamura ingano y’ibyo umuntu agurisha- dore uburyo byakorwa!
Iminsi mikuru izaba mu byumweru bicye biri imbere kandi abantu hafi ya bose bari kuzigama amafaranga kugirango bazabashe kuyizihiza mu buryo bwiza bushoboka. Kuri ba rwiyemezamirimo, iki ni igihe cy’agahebuzo cyo guteza imbere ingano y’ibyo mucuruza, kongera inyungu mukura mu bucuruzi bwanyu no kunoza imikoranire irambye n’abakiriya banyu. Muri iyi nyandiko, tuzabafasha kwifashisha iyi minsi mikuru kugirango mubashe guteza imbere ubucuruzi bwanyu.
- Kwitegura hakiri kare: Abantu bagura ibicuruzwa na serivisi nyinshi mu minsi mikuru. Kubera iyo mpamvu rero, ni ngombwa kugira ibicuruzwa bihagije mu bubiko bizahura n’ibyo abantu bazaba bakeneye. Reba ibicuruzwa cyangwa serivisi ikigo cy’ubucuruzi cyawe kizagurisha kurusha ibindi noneho ubishyire mu bubiko cyangwa uvugane n’abo uranguraho ibicuruzwa hakiri kare kugirango babikugezeho mbere y’igihe. Ibi bigufasha kwitegura mbere y’igihe kandi bikaguha igihe gihagije cyo gukemura ibibazo byose bishobora kuvuka nko gutanga ibicuruzwa ukererewe. Kugira ibicuruzwa bihagije bituma abakiriya bawe bumva ufite ubushobozi bwo kubona ibyo bakeneye kandi bigatuma ubasha kubaka umubano ukomeye nabo.
- Gabanya ibiciro utange n’impano mu buryo budasanzwe: Kugabanya ibiciro no gutanga impano mu buryo budasanzwe bishobora kuba uburyo bwiza bwo gukurura abakiriya bashya no guhemba abakiriya usanganywe. Mbere yo kugabanya ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi zawe, ugomba kumenya niba ufite intego yumvikana ituma ubikora. Bishobora kuba bigamije kongera ingano y’ibyo ucuruza, gushaka abakiriya bashya, cyangwa kumenyakanisha izina ry’ubucuruzi bwawe cyangwa kunoza imikoranire n’abakiriya. Urugero rumwe rwo kugabanya ibiciro mu buryo budasanzwe rushobora kuba ari ukurekera umukiriya wawe umubare w’amafaranga runaka cyangwa ijanisha runaka ry’amafaranga igihe aguze ibintu bifite agaciro k’amafaranga runaka; urugero, umuntu uguze ibicuruzwa by’amafaranga ibihumbi ijana (100.000 frws) ukamusubiza amafaranga ijana (100frws(. Ibi bishobora gutuma abakiriya bawe bagura byinshi kurushaho cyangwa bigatuma ubasha kubona abakiriya bashya banyuze mu miryango yawe.
- Huza imipfunyikire y’ibicuruzwa n’uko abakiriya babyifuza kandi utange serivisi zifite umwihariko: Ibintu byinshi biranga ubucuruzi byarahindutse bitewe no guhiganwa ku isoko. Kubera iyo mpamvu rero, ni ngombwa gutekereza ku byerekeranye n’uburyo bunyuranye ubucuruzi bwawe bwabasha kuzamuka. Pfunyika ibicuruzwa byawe ku buryo abakiriya babasha kumva ko igicuruzwa cyangwa uburyo gipfunyitsemo ari bo byagenewe. Igihe usabwe gutanga ibicuruzwa runaka, shyiramo izina ry’umukiriya n’aho abarizwa ndetse n’ubutumwa bumugenewe we by’umwihariko bwo kumushimira. Ibyo bituma abasha kwibona mu kigo cy’ubucuruzi no kumva ko kimwitayeho kandi abakiriya bazumva bashaka kugumana nawe nk’ikigo cy’ubucuruzi bakunda kurusha ibindi.
- Koresha insanganyamatsiko z’iminsi mikuru ukora iyamamazabikorwa rikorwa hifashishijwe imbuga nkoranyambaga : Mu gihe utekereza ku butumwa bw’iyamamazabikorwa, ku butumwa butangwa binyuze ku mbuga nkoranyambaga, kuri imeyili cyangwa SMS woherereza abakiriya bawe, tekereza ku bijyanye n’uburyo washyiramo n’intashyo z’iminsi mikuru bumva ibafitiye akamaro kurusha iyindi. Tegura ubutumwa bw’iyamamabikorwa bufite ibishushanyo cyangwa amashusho y’amatariki y’ingenzi yo muri iyo minsi mikuru nka Noheri n’Ubunani. Ibi bituma ubutumwa utanga bubasha guhura neza n’ibyifuzo by’abakiriya bawe kuberako buba bugaragaza ikintu baba bari kwishimira.
- Koresha imbuga nkoranyambaga ushaka abakiriya: Buri mukiriya yifuza ko umushimira ko yaguhaye icyashara akoresheje amafaranga yabonye bimugoye cyane. Guhemba abakiriya baguha icyashara ukoresheje imbuga nkoranyambaga bishobora gukangura abakiriya batari basanzwe bitabira kuguha icyashara cyane no kureshya abakiriya bashya. Kusanya ibitekerezo ku nsanganyamatsiko zishimishije zijyanye n’iminsi mikuru cyangwa ku byerekeranye n’ibicuruzwa byawe bikwiye kugabanyirizwa ibiciro. Baza ibibazo ukoresheje ikoranabuhanga ku byerekeranye n’ubucuruzi bwawe noneho uhembe abagukurikira batanze ibisubizo by’ukuri. Bitekerezeho nk’uburyo bwo guha inyiturano abakiriya bawe kubera ko bagize uruhare mu gushyigikira ubucuruzi bwawe.
Utekereje neza kandi ukabitegura witonze, iminsi mikuru ni igihe gikomeye cyo guteza imbere ubucuruzi bwawe. Watekereza neza mbere y’igihe ku byerekeranye n’ibicuruzwa abaguzi bazakenera kurusha ibindi, wagabanya ibiciro mu buryo budasanzwe, cyangwa wakoresha insanganyamatsiko z’iminsi mikuru, hari uburyo bunyuranye bwo kureshya abakiriya muri iki gihe. Tugezeho ibitekerezo usanga byafasha ibigo by’ubucuruzi bito kuzamura ingano y’ibyo bicuruza no kuzamura ubucuruzi bwabyo.
Amakosa Asanzwe Amenyerewe Ushobora kuba Ukora nk’Umucuruzi n’Uburyo Wayirinda
Amakosa Asanzwe Amenyerewe Ushobora kuba Ukora nk’Umucuruzi n’Uburyo Wayirinda
Abacuruzi bato bagira ibitekerezo bikomeye n’ibisubizo- ibyo ari byo byose, ibi bishobora kuba ari byo byatumye utangira gukora ubucuruzi; ariko rimwe na rimwe, ibi bitekerezo ntibikunze gushyirwa mu bikorwa uko bikwiye kugirango bibashe gutanga umusaruro. Nubwo hashobora kubaho impamvu nyinshi zatuma ikigo cy’ubucuruzi gito gikora nabi, dore amwe mu makosa ashobora kwirindwa abacuruzi bakora ndetse n’uburyo bwo kuyirinda.
- Kudafata umwanya wo gukora igenamigambi : Kudakora igenamigambi bituma akazi gakorwa nabi.Iyo bigenze gutyo, umuntu aba agerageza gukora buri kintu cyose ku munota wa nyuma kandi ari nta ntego zigaragara yashyizeho cyangwa inzira yo kunyuzamo izo ntego. Fata umwanya noneho utegure gahunda y’ibikorwa irambuye hanyuma urebe niba ishyira ku mugaragaro ibicuruzwa cyangwa serivisi zawe, urebe uburyo uzabasha kwinjiza amafaranga, uburyo uzashora amafaranga mu bucuruzi bwawe, ndetse n’izindi ngingo nyinshi z’ingenzi zatuma ubasha gukora neza. Kugira gahunda y’ibikorwa biha icyerekezo ubucuruzi bwawe, bikagufasha kubona ingorane ushobora guhura nazo no guteganya ubushobozi uzakenera kugirango ubashe gukora ubucuruzi bwawe. Iga byinshi ku byerekeranye n’uburyo bwo gutegura gahunda y’ibikorwa ukanda hano.
- Kugerageza kwikorera Ibintu Byose wenyine: Ni byiza kwinjiza abandi bantu mu mitekerereze yawe uko ugenda ushyira igitekerezo cyawe mu bikorwa no guhitamo ibisubizo bijyana n’ingorane zishobora kuvuka. Umutwe umwe uzana ibitekerezo bimeze kimwe kandi ushobora kubuza rwiyemezamirimo kunguka ubumenyi bwafasha ubucuruzi bwe kurushaho. Ubakira ku itsinda ry’abantu banyuranye bitewe n’ibyo ikigo cy’ubucuruzi cyawe gikeneye mu bijyanye n’umutungo w’abantu noneho ushinge abandi bantu imirimo hakurikijwe ibyo bashoboye gukora.
- Gukoresha amafaranga menshi cyane cyangwa macye cyane: Gukoresha amafaranga menshi cyane kenshi na kenshi bituma imyenda yiyongera cyane kandi no gukoresha amafaranga macye cyane bigatuma rwiyemezamirimo atabasha kubona ibintu by’ingenzi biba bigomba gukorwa kugirango ubucuruzi bubashe kugenda neza. Ibi bintu uko ari bibiri bituma igitekerezo kitabasha kuramba; ibyo bigatuma ubucuruzi bwahagarara cyangwa ntibubashe kuzamuka. Tegura ingengo y’imari maze ugene amafaranga ubucuruzi bwawe buzakoresha n’ayo buzinjiza mu gihe runaka. Urugero, mu mwaka utaha cyangwa mu gihembwe gitaha. Subiramo iyo ngengo y’imari uyigereranye n’amafaranga wakoresheje mu by’ukuri kugirango umenye aho ushobora kuba warakoresheje amafaranga menshi cyane cyangwa macye cyane mu bucuruzi bwawe; ibyo bizaguha igisubizo cy’ikibazo ufite.
- Kwibagirwa Aho amafaranga azakomoka: Uko igitekerezo cyaba cyiza kose, tugomba gutekereza ku byerekeranye n’aho amafaranga azakomoka kugirango icyo gitekerezo kibashe kuzamuka no gukomeza gukora n’ibyo dusabwa nka ba nyir’ubucuruzi kugirango tubashe kuyabona. Gahunda y’ibikorwa igomba kugaragaza imari shingiro yo gutangiza umushinga cyangwa amafaranga azakenerwa mu gutangiza ubucuruzi bwawe. Mbere yo kwegera abaterankunga, banza urebe niba gahunda y’ibikorwa byawe yumvikana kandi iteguye neza noneho urebe niba wumva neza impamvu ubucuruzi bwawe ari ishoramari rikomeye rigomba gukorwa. Shakisha amafaranga ahantu hasanzwe hemewe uko bishoboka kose nko bigo by’imari bizwi, amafaranga y’imfashanyo atangwa na Leta, cyangwa amafaranga atangwa n’abaterankunga kugirango ubashe kwirinda gutanga amafaranga y’umurengera cyangwa mu buryo butumvikana, uburyo bwo kwishyuza budakwiye, n’ingorane zijyanye n’umutekano zishobora kuvuka.
- Kutamamaza ibikorwa: Abantu bamenya ibyo dukora iyo tubyamamaje. Iyo utamamaje neza ibyo ukora, utakaza abantu bashoboraga kuba abakiriya bawe. Bitewe n’isoko ugamije, koresha umuyoboro w’iyamamazabikorwa utuma ubasha kugera ku bantu benshi; unatuma ubasha kubona abantu benshi babasha kugura ibyo ukora muri iryo soko ugamije. Bitewe n’ikoranabuhanga ryateye imbere ku isi yose, tekereza uburyo wakoresha imbuga nkoranyambaga nka Facebook cyangwa Instagram zikunze gukoreshwa muri Afurika y’Iburasirazuba kugirango ubashe kumenyekanisha ibicuruzwa cyangwa serivisi zawe ahongaho. Tegura gahunda y’ubutumwa bwajya butambuka buri cyumweru cyangwa buri kwezi kugirango abakiriya bawe bakomeze buri gihe kugira amakuru ajyanye n’ibicuruzwa cyangwa serivisi nshya ikigo cy’ubucuruzi cyawe gitanga. Niba ufite amafaranga ahagije, shaka uburyo wakoresha iyamamazabikorwa ryishyurwa wifashishije imbuga nkoranayambuga zizwi cyane n’abakiriya bawe bateganyijwe nka Facebook. Shyira mu butumwa bw’iyamamabikorwa nomero ya telefone ukoresha mu bucuruzi bwawe n’aderesi y’aho ukorera kugirango byorohere abashobora kuba abakiriya bawe kukubona.
- Kureka igitekerezo nyamukuru kigamijwe: Kureka igitekerezo nyamukuru kigamijwe ni kimwe no gutakaza umutima w’icyo gitekerezo. Benshi mu bacuruzi bato bareka ibitekerezo nyamukuru iyo badafite gahunda ikwiye y’ibikorwa by’ubucuruzi bwabo ya buri munsi, buri cyumweru, cyangwa iya buri kwezi. Tegura ingengabihe igaragaza ibikorwa biteganyijwe, igihe buri gikorwa kigomba gutangirira n’igihe kigomba kurangirira. Kugira ingengabihe n’ibikorwa biteganyijwe bizagufasha guhuza imbaraga nyinshi n’ibikorwa byihutirwa kurusha ibindi ari nako ukurikirana ibyo ugenda ugeraho ugereranyije n’igihe ibyo bikorwa uba washyizeho biba bigomba kurangirira.
Kugirango igitekerezo cyangwa igisubizo runaka kibashe kugenda neza, ni ngombwa kugitegura neza no kwita ku ngingo zose zavuzwe hejuru. Kuzishyira zose mu bikorwa byongerera ubundi buzima icyo gitekerezo hakanaboneka n’andi mahirwe akomeye ajyanye n’icyo gisubizo ndetse n’uburambe bwacyo.
Are you a woman entrepreneur in need of funding and mentorship for your business? Apply for the Enhancing Women Entrepreneurship for Africa program before 31 December 2022
Are you a woman entrepreneur in need of funding and mentorship for your business? Apply for the Enhancing Women Entrepreneurship for Africa program before 31 December 2022
Seedstars, a Swiss-based global organization in partnership with the Affirmative Finance Action for Women in Africa (AFAWA) and Growth Africa invite business development service providers and women entrepreneurs to apply for the Enhancing Women in Entrepreneurship for Africa program. The program aims two enhance women’s business skills via a two-pronged approach – increasing the capacity and sustainability of providers supporting women-led SMEs and increasing access to mentorship, funding, and visibility for women-led SMEs.
Interested business development service providers should:
- Be based in one of the following countries (Rwanda, Uganda, Kenya, Tanzania, Cape Verde, Zambia, DRC, Cameroon, Mali, Zimbabwe, Bostwana)
- Enhance the viability and sustainability of women-led SMEs
- Provide innovative approaches to ecosystem support designed to close the financing gap for women-led SMEs
- Introduce innovative ways to provide capacity building for women-led SMEs
- Provide digital presence and visibility to women-led SMEs
- Provide access to mentorship for women-led SMEs
Interested women-led SMES should:
- Be between seed and growth stage
- Be based in one of the above countries
- Have at least one woman on the founding team
- Have a digital element in their product (for example: Mobile application, Online Shop, SAAS product, etc.)
To apply for the program, visit: Applications
Are you a tech start-up with an innovative solution? Apply for the Westerwelle Entrepreneurship Program before 15 December 2022
Are you a tech start-up with an innovative solution? Apply for the Westerwelle Entrepreneurship Program before 15 December 2022
The Westerwelle Start-up Haus invites applicants for the Westerwelle Entrepreneurship Program, a 6-month program for innovative tech startups in Rwanda and Tanzania. Through the program, 30 selected startups will be offered the infrastructure, skills, and networks to advance their tech solutions.
Successful applicants will receive the following benefits:
- Free 6-month access to workspace at the Westerwelle Startup Haus Kigali/Westerwelle Startup Haus Arusha
- Access to Makerspace / digital fabrication lab and product development support
- Business and leadership skills training with specialized experts
- Technical advisory support in legal and financial issues and digital marketing
- Individual mentoring with investors, business leaders, and industry experts
- Virtual and in-person meetups with peers and entrepreneurial communities around the world
- Linkages with East African corporations, investors, and other key players
Interested applicants should fulfil the following to apply:
- Be passionate about building an innovative high-growth venture addressing a need in a market
- Have a product built on technology: Internet of Things (IoT)/ Sensoring, Data Analytics/ Intelligence/ AI/ Machine Learning, Virtual Reality, Robotics, Drones/Aerial Imagery, Digital Platforms, Blockchain, etc.
- Have team members that are domain experts with complimentary skills and a track record working as a team
- Have a solution with a clear business model and scalability of its operations in East Africa
- Have a product/service that contributes to the achievement of the SDGs (i.e. safe and fair job creation, potential to help underserved or low-income communities, climate mitigation and adaptation)
- Have women in your management team (executive or non-executive)
- Have operations based in Rwanda or Tanzania
To apply for the program, visit: Application form
The holidays can be a great time to boost sales – here’s how!
The holidays are a few weeks away, and most people are saving up to celebrate in the best way possible. For entrepreneurs, this season presents an excellent opportunity to boost your sales, maximize your business profits and build sustainable relationships with your customers. In this article, we will help you take advantage of the holiday season to grow your business.
- Prepare early: People buy more products and services during the holiday season, so having enough inventory to cater to higher demand is a must. Identify what products or services that your business will likely sell more and have them in stock or get in touch with your suppliers in advance to supply them in time. This helps you prepare in advance and gives you enough time to fix any issues that may arise such as late deliveries. Having enough stock will make your customers feel you are able to meet their needs, and it contributes toward building a solid relationship with them.
- Provide special discounts and offers: Special discounts and offers can be a good way to attract new customers and reward those that you already have. Before discounting your products or services, ensure you have a clear goal of why you are doing it. It could be to increase sales, engage new customers, or to build brand awareness or customer relationships. One example of a special discount might be offering an amount or percentage off if a customer spends a certain amount; for instance, spend Rwf 100,000 and get Rwf 100 off. This can encourage customers to buy more or bring new customers through your doors.
- Customize packaging and provide unique service delivery: Most aspects of the business have evolved due to competition, so it is important to think through ways you can make your business stand out. Personalize your packaging so customers feel that the product or its packaging was especially made for them. Once you receive an order, include the customer’s name and address with a personalized appreciation message. This will make them feel a sense of belonging and care from your business, and customers will be bound to stick with you as their preferred business.
- Use holiday themes for your social media marketing: When thinking about marketing messages, posts on social media, and emails or SMS messages to your customers, think about how you can include holiday greetings that are most relevant to them. Create marketing content with graphics or visuals of important dates happening during holidays such as Christmas and New Year. This will make your content more relatable to your customers because it reflects something that they are also celebrating.
- Use social media to engage customers: Every customer wants to be appreciated for spending their hard-earned money at your business. Rewarding customers who engage with your business on social media can make less active customers more active or attract new ones. Host polls about interesting topics that relate to the holidays or polls about what should be discounted from your product line. Host online quizzes about your business and reward your followers who get the answers right. Think of it as giving back to your customers for supporting your business.
With some thought and careful planning, the holiday season can be a great time to grow your business. Whether by thinking ahead about what items will be most in demand, providing a special discount, or using holiday themes, there are different ways to engage customers during this time. Reach out to us with any suggestions you think can help small businesses take advantage of the holiday season to increase sales and grow their business.
Are you a FoodTech or AgTech company in need of funding? Apply for the Growth Impact Accelerator program before 30 January 2023
Are you a FoodTech or AgTech company in need of funding? Apply for the Growth Impact Accelerator program before 30 January 2023
GROW, a global agriculture and food technology accelerator, invite applicants for the Growth Impact Accelerator Program, backed by AgFunder. The program seeks to support foodtech and agtech startups tackling the global challenge of sustainability. Through the program, successful applicants will receive USD 100,000 in investment funding from AgFunder. Participants will receive additional benefits, including:
- Access to growth partners for product testing, development, and scaling
- Matching with global agrifood multinational corporations to support customer validation and feedback, deploying pilot projects, and securing new sales contracts
- Access to AgFunder’s private and institutional investment global networks to support fundraising
- Access to an experienced team of coaches and mentors
- Access to physical workspace in Singapore (or virtual office address, if overseas) throughout the program duration
- Access to media exposure and publicity through AgFunder’s news platform, events, and a demo day at the conclusion of the program
- Support with Singapore EntrePass visa application through GROW’s partnership with Enterprise Singapore
Interested applicants should have solutions in the following areas:
- Advancing smallholder farmers
- Supply chain rationalization
- Alt-proteins and novel foods and ingredients
- Climate-smart agriculture and aquaculture
- Personalized nutrition & health
- Food waste valorization
- Circular economy
To apply for the program, visit: Application form
Are you an entrepreneur in need of investment-readiness training? Apply for the Investment Preparation Program
Are you an entrepreneur in need of investment-readiness training? Apply for the Investment Preparation Program
Mooto Holdings Limited, an investment and business advisory firm invites applicants for the Investment Preparation Program, an SME mentorship program. The program seeks to identify and support high-potential SMEs to become ready for investment. The program will be conducted in two phases, each detailed below:
Phase 1 – Business Development: In the first phase of the program, participants will receive a series of online classes covering the aspects of business development including business planning, business profiling, digital marketing, and financial accounting. At the end of each session, participants will be tasked to complete templates of business plan and profile to be used to formulate their business.
Phase 2- Fundraising: During this phase, Mooto Holdings Ltd will identify funding opportunities that participants and also support them in acquiring the identified funds. This will be conducted on a continuous basis until the participants decide to they no longer need the support of Mooto Holdings Ltd
Interested participants must fulfill the following to qualify:
- Must be a resident and the business must be registered in any of our target countries (Zambia, Malawi, Tanzania, Kenya, Rwanda)
- Have a business that is fully registered
- Have a business that demonstrates the capacity to generate revenue through paying customers
- Have a good internet connection because the program will be undertaken remotely with regular virtual communications.
- Have access to an electronic device that connects to the internet, this can be a smart phone, laptop, desktop, or tablet for as long as the participant will be able to access the internet.
- Be proficient in speaking, listening, and writing English proficiency
To apply, visit: IPP Applications
Are you an Agripreneur startup in need of capital investment? Apply for the AgriPitch Competition before 4 November 2022
Are you an Agripreneur startup in need of capital investment? Apply for the AgriPitch Competition before 4 November 2022
The Africa Development Bank (AFDB) invites African youth Agripreneurs to the AgriPitch Competition. The competition aims to support Agripreneurs focusing on building the profitability of their businesses and becoming investment ready.
Selected Agripreneurs will be trained and mentored in an interactive and tailored two-week training program to prepare them for presenting their businesses to investors. Participants will access virtual training sessions covering product development, marketing, business management logistics, revenue channel identification, and investment readiness. Additionally, winning Agripreneurs will have access to a total grant pool of USD 140,000 at the end of the competition.
The competition is open for three categories of youth Agripreneurs, including early startups (at least 3 years), mature startups (more than 3 years), and women-empowered businesses. Interested participants must fulfill the eligibility criteria depending on their category.
For early startups, they must:
- Be at the very early stage of developing ideas or concepts for Agripreneurship
- Have a clearly defined prototype or proof of concept or a product introduced to the market
For mature startups, they must:
- Have market traction with an existing product, technology, or service already in the market
- Have a clear investment growth strategy or plan
- Be a legally registered corporate entity
For women-empowered businesses, they must:
- Meet eligibility requirements for either early startups or mature startups
- Have a women founder or have women owning at least 51% of the business
To apply for the competition, visit: Application forms











