Cunga Imari yawe KU BUCURUZI BWAWE UKO NACUNGA IMARI YANJYE Inkuru z’uruhererekane ku bufasha bwo kuzahura ubucuruzi: Inama zitangwa n’Ishyirahamwe ry’Amabanki mu RwandaGucunga imariJune 16, 2020 Mfite impungenge ko amafaranga nzayamara kuri konti itunguka kubera ko igipimo cy’amafaranga yinjira n’asohoka kiri hasi muri iki gihe. Nakora iki?InkoranyamagamboJune 5, 2020 Mfite ubushobozi bwo kwishyura umwenda, ariko nkeneye andi mafaranga kugira ngo ubucuruzi nkora bukomeze kugenda neza muri iki gihe cy’Icyorezo cya COVID-19. Ese hari ubwoko bw’inguzanyo yamfasha kubigeraho?InkoranyamagamboJune 5, 2020 Ni iki Equity Bank Rwanda ikora mu gufasha ibigo bito n’ibiciriritse (SMEs) bikorana na yo muri ibi bihe bikomeye?Gucunga imariJune 5, 2020 Niba maze igihe narananiwe kwishyura inguzanyo natse, nko muri iki gihe igihugu gihanganye n’icyorezo cya COVID-19, Ni iki nakora?InkoranyamagamboJune 5, 2020 Niba ubucuruzi nkora bubangamiwe n’ibibazo bigaragarira mu gipimo cy’amafaranga yinjira n’asohoka no kuba imari ihagaze nabi bikabije nkaba ntabasha kwishyura inguzanyo, nakora iki?InkoranyamagamboJune 5, 2020 Share this: Click to share on X (Opens in new window) X Click to share on Facebook (Opens in new window) Facebook Like this:Like Loading...