KCB meeting customer needs

Ibyo KCB ikora

“Dushimishwa no kuba turi kumwe namwe. Turagira ngo twizeze abakiriya bacu ko turimo gukora ibishoboka byose ngo bagire icyizere cy’ejo hazaza. Mukomeze mukorane natwe.””

GEORGE ODHIAMBO, UMUYOBOZI MUKURU WA KCB BANK RWANDA

Twaganiriye na George Odhiambo, Umuyobozi Mukuru wa KCB Bank Rwanda, tumubaza icyo barimo gukora ngo bafashe abakiriya babo muri ibi bihe bidasanzwe.

Ni izihe ngamba KCB Bank Rwanda yafashe kugira ngo ifashe abakiriya bayo muri ibi bihe bidasanzwe?

Ubu banki irimo gusuzuma ibibazo abakiriya bacu bayigejejeho basaba kuvugurura amasezerano yo kwishyura inguzanyo, n’ibirebana n’inyungu yishyurwa, hagendewe ku gihe kingana n’amezi 3 kugera kuri 6. Mu gihe umukiriya abisabye, tumusubiza mu gihe kitarenze amasaha 48.

“We appreciate that we are in this together. We want to assure our customers that we are looking long-term. Keep engaging.”

GEORGE ODHIAMBO, MANAGING DIRECTOR, KCB BANK RWANDA

We talked to George Odhiambo, Managing Director of KCB Bank Rwanda to understand how they are meeting customer needs in this time of crisis.

What steps is KCB Bank Rwanda undertaking to support its customers during the crisis?

The bank is reviewing customer requests to reschedule loan disbursements, repayments, and to provide moratoriums on interest and principal for periods of 3-6 months. We have a commitment to respond to requests within 48 hours.

How should customers engage with the bank?

If you have a request, engage the bank as soon as possible by calling your Relationship Manager. Use digital channels.

  • Twitter: @KCBRwanda
  • Facebook: https://www.facebook.com/kcbbankrwandaplc
  • Contact center number: +250 788140000
  • Branch hours: 8.00am to 08.00pm from Monday-Saturday and from 8.00am to 04.00pm on Sundays

What recommendations does the bank have for business owners as they look toward the future?

While businesses is on hold, look at your plans for the year. Review your projections, understand how your needs may change, assess your own capabilities. We are doing this kind of thinking as a bank as well, and we want to align with you so the plans you have for your future are not adversely affected.

Abakiriya bafite ikibazo bagana banki bate?

“Niba ufite ikibazo, ihutire guhamagara banki, uvugane n’Urwego Rushinzwe Kwita ku Bakiriya. Ushobora no gukorasha uburyo bw’ikoranabuhanga.”

  • Twitter: @KCBRwanda
  • Facebook: https://www.facebook.com/kcbbankrwandaplc
  • Terefoni: +250 788140000
  • Amasaha y’akazi: ku wa Mbere kugeza ku wa Gatandatu ni ukuva 8:00 (mu gitondo) kugeza 08:00 (z’umugoroba), na ho ku Cyumweru ni ukuva 8:00 (mu gitondo) kugeza 4:00 (z’umugoroba)

Ni iyihe nama mwagira abakiriya bari basanzwe bakoraga ibikorwa byo kwiteza imbere?

“Niba ibikorwa byawe by’ubucuruzi byarahagaze, suzuma imigambi wari ufite mu gihe cy’umwaka. Ongera urebe ibyo wari warateganyije, wibuke ko ibintu bishobora guhinduka, ubundi ukore ibihuje n’ubushobozi ufite. Natwe muri banki ni uko. Turakora ibishoboka byose ngo tugufashe kugera ku byo wari wariyemeje kugeraho.”


Fees and charges for mobile money can be difficult to afford. What can I do?

Check the latest update here.

According to MINICT: If you are asked to pay additional fees or charges for a cashless payment, like mobile money or a credit or debit card, call and report this using the toll-free number 3988.

Fees & Charges

Question: I am afraid of using cash and catching the COVID-19 virus right now. But fees and charges for mobile money can be difficult to afford. What can I do?

Answer: You are in luck! The Government of Rwanda is making sure that it is safer and easier for you to make and receive payments during this uncertain time. What you need to know is:

  • There are ZERO charges when you transfer money between your bank account and your mobile wallet. You will have no charge to do so!
  • There are ZERO fees when you make payments using your mobile account at a store or other merchant. This is for mobile money transfers, as well as for using POS devices at a shop or merchant.
  • In fact, ALL electronic transactions will have no fees during this time of COVID-19.
  • MTN will NOT charge fees for using mobile money – to send, receive, or pay bills – until at least June of 2020.
  • Airtel is also eliminating fees for sending and receiving mobile money at this time, and mobile payments of utilities are free as well.

Cashing out from your account at an agent, however, still carries fees.

You do not need to worry about touching cash. These measures have been taken to make it easier for you to make your payments and receive money even when many fear to touch money.

Be Safe! Use mobile money and digital services to keep yourself healthy, safe, and fees will not be charged!

 

Reba ibishya bishya hano.

AMAKURU AGEZWEHO: U Rwanda rwagejeje uburyo bwifashisha ikoranabuhanga mu kwishyura ku bacuruzi n’abatanga serivisi.

Nk’uko tubitangarizwa na Ministeri y’ikoranabuhaga no guhanga udushya: Mugihe cyose uzabwirwa ko ugiye gukatwa amafaranga

Amafaranga umuntu acibwa bitewe no gukoresha mobile money

Ikibazo: Mfite impungenge ko nshobora kwandura COVID-19 bitewe no guhererekanya amafaranga. Gusa nanone, amafaranga baduca bitewe no gukoresha mobile money na yo ni menshi. Ubwo nakora iki?

Igisubizo: Humura! Leta y’u Rwanda iriho irakora ibishoboka byose kugira ngo wishyure cyangwa uhabwe amafaranga mu buryo bukoroheye kandi udashyize ubuzima bwawe mu kaga. Zirikana ko nta MAFARANGA uzacibwa

Ushobora kuvana amafaranga kuri konti yawe ukayohereza kuri terefoni, cyangwa ukayavana kuri terefoni ukayohereza kuri konti ku buntu. Nta yandi ucibwa!

Ushobora kugura ibintu muri butike cyangwa mu maduka ukoresheje konti yawe yo kuri terefoni yawe nta  yandi mafaranga uciwe. Ibi wabikora wifashishije terefoni, na twa tumashini twabigenewe bishyuriraho mu maduka (POS).

Nukoresha uburyo BWOSE bwo guhererekanya amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga, nta yandi uzacibwa.

NTA yandi mafaranga MTN izaguca nukoresha mobile money wohereza, wakira cyangwa kwishura fagitire kugeza nibura muri Kamena 2020.

Airtel na yo iriho irakuraho amafaranga yose umuntu yacibwaga kohereza no kwakira cyangwa yishura amashanyarazi, amazi, n’ibindi bikunze gukenerwa akoresheje terefoni.

Ibyo ari byo byose kubikuza amafaranga kuri telefoni yanyu ku muajenti hari amafaranga ukatwa.

Si ngombwa ko ugira impungenge zo kongera gukora ku mafaranga. Izi ngamba zose zafashwe kugira ngo woroherezwe kohereza, kwakira no kwishyura udakoze ku mafaranga muri iki gihe.

Irinde! Koresha mobile money na serivisi z’ikoranabuhanga kugira ngo urinde ubuzima bwawe, wizeye ko nta yandi mafaranga ucibwa.

Niba ushaka amakuru ajyanye na KOVIDI-19 mu Rwanda, hamagara nomero itishyuzwa 114


Rwanda rwagejeje uburyo bwifashisha ikoranabuhanga mu kwishyura ku bacuruzi n’abatanga serivisi

AMAKURU AGEZWEHO: U Rwanda rwagejeje uburyo bwifashisha ikoranabuhanga mu kwishyura ku bacuruzi n’abatanga serivisi.

Nk’uko tubitangarizwa na Ministeri y’ikoranabuhaga no guhanga udushya: Mugihe cyose uzabwirwa ko ugiye gukatwa amafaranga

Amafaranga umuntu acibwa bitewe no gukoresha mobile money

Ikibazo: Mfite impungenge ko nshobora kwandura COVID-19 bitewe no guhererekanya amafaranga. Gusa nanone, amafaranga baduca bitewe no gukoresha mobile money na yo ni menshi. Ubwo nakora iki?

Igisubizo: Humura! Leta y’u Rwanda iriho irakora ibishoboka byose kugira ngo wishyure cyangwa uhabwe amafaranga mu buryo bukoroheye kandi udashyize ubuzima bwawe mu kaga. Zirikana ko nta MAFARANGA uzacibwa

Ushobora kuvana amafaranga kuri konti yawe ukayohereza kuri terefoni, cyangwa ukayavana kuri terefoni ukayohereza kuri konti ku buntu. Nta yandi ucibwa!

Ushobora kugura ibintu muri butike cyangwa mu maduka ukoresheje konti yawe yo kuri terefoni yawe nta  yandi mafaranga uciwe. Ibi wabikora wifashishije terefoni, na twa tumashini twabigenewe bishyuriraho mu maduka (POS).

Nukoresha uburyo BWOSE bwo guhererekanya amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga, nta yandi uzacibwa.

NTA yandi mafaranga MTN izaguca nukoresha mobile money wohereza, wakira cyangwa kwishura fagitire kugeza nibura muri Kamena 2020.

Airtel na yo iriho irakuraho amafaranga yose umuntu yacibwaga kohereza no kwakira cyangwa yishura amashanyarazi, amazi, n’ibindi bikunze gukenerwa akoresheje terefoni.

Ibyo ari byo byose kubikuza amafaranga kuri telefoni yanyu ku muajenti hari amafaranga ukatwa.

Si ngombwa ko ugira impungenge zo kongera gukora ku mafaranga. Izi ngamba zose zafashwe kugira ngo woroherezwe kohereza, kwakira no kwishyura udakoze ku mafaranga muri iki gihe.

Irinde! Koresha mobile money na serivisi z’ikoranabuhanga kugira ngo urinde ubuzima bwawe, wizeye ko nta yandi mafaranga ucibwa.

Niba ushaka amakuru ajyanye na KOVIDI-19 mu Rwanda, hamagara nomero itishyuzwa 114

UPDATE (May 12): Rwanda expands cashless payments

According to MINICT: If you are asked to pay additional fees or charges for a cashless payment, like mobile money or a credit or debit card, call and report this using the toll-free number 3988.

Fees & Charges

Question: I am afraid of using cash and catching the COVID-19 virus right now. But fees and charges for mobile money can be difficult to afford. What can I do?

Answer: You are in luck! The Government of Rwanda is making sure that it is safer and easier for you to make and receive payments during this uncertain time. What you need to know is:

  • There are ZERO charges when you transfer money between your bank account and your mobile wallet. You will have no charge to do so!
  • There are ZERO fees when you make payments using your mobile account at a store or other merchant. This is for mobile money transfers, as well as for using POS devices at a shop or merchant.
  • In fact, ALL electronic transactions will have no fees during this time of COVID-19.
  • MTN will NOT charge fees for using mobile money – to send, receive, or pay bills – until at least June of 2020.
  • Airtelis also eliminating fees for sending and receiving mobile money at this time, and mobile payments of utilities are free as well.

Cashing out from your account at an agent, however, still carries fees.

You do not need to worry about touching cash. These measures have been taken to make it easier for you to make your payments and receive money even when many fear to touch money.

Be Safe! Use mobile money and digital services to keep yourself healthy, safe, and fees will not be charged!


Ese guhera ku wa 4 Gicurasi 2020, nshobora gusubira ku kazi? Ni ibiki ngomba kumenya no kwitwararika?

AMAKURU MASHYA: Ingamba zikurikizwa mu gufungura bimwe mu bikorwa by’ubucuruzi ku wa 4 Gicurasi 2020

Ese guhera ku wa 4 Gicurasi 2020, nshobora gusubira ku kazi? Ni ibiki ngomba kumenya no kwitwararika?

Igisubizo:Guverinoma y’u Rwanda yatangiye,mu bwitonzi kandi buhoro buhoro, gahunda yo gufungura ibikorwa by’ubucuruzi.

Ingamba nshya zitangira kubahirizwa ku wa 4 Gicurasi 2020 zizabafasha gusubira ku mirimo. Ibuka kubahiriza imirongo ngenderwaho ikurikira, ukomeze gusura uru rubuga  ndetse n’izindi mbuga za Guverinoma (reba ahakurikira) kugira ngo ukomeza kubona amakuru agezweho.

By’umwihariko:

  • Ibigo bya leta n’iby’abikorera bishobora noneho gutangira gukora byifashisha abakozi b’ingenzi. Icyakora, ibigo bibujijwe gukoresha abarenze 50% by’abakozi bose, haba mu iduka, mu biro cyangwa ahandi hose hakorerwa imirimo, igihe icyo aricyo cyose.
  • Abakoresha bagomba guha abakozi babo bose udupfukamunwa igihe bari mu kazi. Udupfukamunwa ni igikoresho cy’ingirakamaro mu kukurinda kwandura cyangwa kwanduza abandi maze mugakomeza kugira ubuzima buzira umuze.
IBYO USABWA GUKURIKIZA IBYO UGOMBA KWIRINDA
Kwambara agapfukamunwa igihe uri mu ruhame wirinda gukwirakwiza COVID-19 Kutavanaho cyangwa kumanura agapfukamunwa igihe uvuga, ukorora cyangwa witsamura
Kumarana agafukamunwa igihe kitarenze amasaha 6 Kutikora ku zuru cyangwa ku munwa igihe wambara agapfukamunwa
Kumesa agapfukamunwa mu mazi ashyushye  n’isabune nikamara kumuka, ugatere ipasi Kwirinda kugura agapfukamunwa ahantu hatemewe. Tuboneka no muri farumasi, supamaketi n’ahandi hantu hemejwe n’Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA)
Kwambara agapfukamunwa gakingiye izuru, umunwa n’akananwa Abakora udupfukamunwa batugurisha dufunitse. Birabujijwe kutwigera mbere yo kugura
Kugira nibura udupfukamunwa tubiri ukambara kamwe igihe wafuze/wameshe akandi Agapfukamunwa kambarwa n’umuntu umwe gusa

Ukeneye kumenya amabwiriza yerekeye gukomorera bimwe mu bikorwa by’ubucuruzi, ushobora gusura urubuga rwa Guverinoma y’u Rwanda n’Amabwiriza akurikizwa uhereye ku ya 4 Gicurasi. Kugira ngo ukomeze kugira ubuzima bwiza kandi wirinda, kurikira buri gihe inama zitangwa na RBC, Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima.

Irinde! Kurikiza amabwiriza yashyizweho na Guverinoma, ambara agapfukamunwa, karaba intoki kandi uhorane umuti wo gusukura intoki kandi ntukoreshe abarenze 50% by’abakozi ufite ku kazi aho ukorera. Ibi bizagufasha wowe n’abakozi bawe, ndetse n’abakugana kwirinda kwandura no kwanduza abandi

For information on COVID-19 in Rwanda, dial 114 toll-free.

UPDATE: Business Opening Measures, 4th May 2020

As of May 4th, 2020, can I return to work? What do I need to know and do?

Answer: The Government of Rwanda has begun the process of opening businesses in a slow and cautious way.

However, new measures as of May 4th, 2020, will help you to return to work. Just remember to follow the guidelines, keep checking this site and Government sites (see below) to stay up to date.

Specifically:

  • Public and private businesses can now resume working with essential staff. However, businesses must NOT have more than 50% of all employees at work – the shop, office or other place of work – at any time.
  • Employers must provide masks for all employees while they are at work. Masks are an important tool for keeping yourself and others safe and healthy.
    For the full guidelines on opening businesses, you can visit the official Government of Rwanda website and Guidelines starting May 4th. And for more to stay healthy, keep up to date with RBC, the Rwanda Biomedical Centre.

Be Safe! Follow the Government guidelines, wear your mask, wash your hands and keep hand sanitizer available, and do not work with more than 50% of your staff at the workplace. This will help to keep you, your employees, and your customers safe.

 

For more information

https://pbs.twimg.com/media/EXKummOWkAEF9wl?format=jpg&name=small

https://www.gov.rw/blog-detail/covid-19-cabinet-reviews-lockdown-measures-effective-may-4th-2020


Ni iki ngomba kumenya ku byerekeye ingendo zikorerwa mu Rwanda guhera ku wa 4 Gicurasi 2020? Ni gute najya ku kazi nizeye umutekano?

Ni iki ngomba kumenya ku byerekeye ingendo zikorerwa mu Rwanda guhera ku wa 4 Gicurasi 2020? Ni gute najya ku kazi nizeye umutekano?

Igisubizo:Buhoro buhoro, Abanyarwanda batangiye batangiyegusubira ku mirimo no gukorera ingendo imbere mu ntara no mu mujyi wa Kigali. Ingendo hagati y’intara no hagati y’intara n’Umujyi wa Kigali zirabujijwe. Gutwara abantu n’ibintu ni kimwe mu bintu by’ingenzi bifasha abantu mu ngendo bakora bajya cyangwa bava ku mirimo kandi birakwiye gukurikiza amabwiriza yashyizweho na Guverinoma kugira ngo bakomeze kugira ubuzima buzira umuze.

Nubwo hari abatajya bakoresha uburyo bworoshya ingendo rusange nko gutega za bisi nini n’into cyangwa ngo bakoreshe ibinyabiziga byabo mu ngendo bakorera mu ntara zitandukanye imbere mu gihugu,  bisi nini n’into zongeye gutwara abagenzi mu gihe za moto zo zitari zemererwa gutwara abagenzi.

Kugira ngo twirinde igihe duteze za bisi, tugomba gukurikiza amabwiriza yerekeye intera hagati y’umuntu n’undi igihe dutonze umurongo dutegereje kwinjira muri bisi. Iyo uhuye n’umuntu wanduye ashobora nawe kukwanduza ni yo mpamvu dukwiye gushyira intera hagati yacu n’abo duhura nabo. Rimwe na rimwe, abagenzi bakorerwa igenzura mbere yo kwinjira muri bisi. Impinduka nshya ni uko buri ntebe muri bisi iriho akamenyetso kerekana aho wemerewen’aho utemerewe kwicara. Wemerewe kwicara ku ntebe ziriho akamenyetso ‘“check”k’icyatsi kibisi ariko ntiwemerewe kwicara ahari akamenyetso gatukura “X.”

Bisobanuye ko imyanya yicarwamo muri bisi nini n’into yabaye mike kurusha uko byari bimenyerewe.

Igihe uri mu ruhame cyangwa uri ku kazi kawe, ibuka kwambara agafukamunwa, gukaraba intoki buri gihe no gukaraba umuti usukura intoki.

= Yego, icara aha!

= Oya, wikwicara aha!

Niba utega imodoka zitwara abagenzi muri rusange, menya ibiciro by’ingendo n’andi mafaranga yishyurwa. Wabisanga kuri RURA, haba ku rubuga rwayo www.rura.rw  no kuri Twitter (@RURA_RW). Zirikana ko ibiciro by’urugendo biri hejuru y’ibyakurikizwaga mbere y’uko icyorezo cyaduka maze ubiteganye mu ngengo y’imari. Urugero: niba usanzwe wishyura 260 Frw kuva Kacyiru ujya Nyabugogo, ubu uzajya wishyura 365 Frw. Kugenzura ikiguzi cy’urugendo bizagufasha kutishyura menshi bityo uhore witeguye kwishyura umubare w’amafaranga usabwa.

Bungabunga ubuzima bwawe!Kubahiriza intera hagati y’abantu, kwambara agapfukamunwa, gukaraba intoki no kwicara mu ntebe ziriho akamenyetso k’icyatsi kibisi igihe uteze bisi. IRINDE kujya mu kivunge ku bw’umutekano wawe ndetse n’uw’abandi. Twese hamwe, duhanye intera hagati yacu, buri wese ashobora kubungabunga ubuzima bwa mugenzi we!

Transport

Question: What do I need to know about traveling in Rwanda as of May 4th, 2020? How can I safely get to work?

Answer: Slowly but surely, Rwandans are getting back to work and moving around their provinces and City of Kigali. No public transport between provinces and between Provinces and City of Kigali. Public transportation is an important part of getting to and from work, and it is important to follow the Government guidelines to stay healthy.

While you may not use public transportation – buses, minibuses or even your own vehicle – between different provinces in the country, buses and minibuses have started to accept passengers once again. Moto taxis are also not yet permitted to take passengers.

To be safe on buses, respect social distancing guidelines when waiting in line to get on the bus. Contact with an infected person can cause YOU to be infected too, and so distance is important. In some cases passengers will also be screened before they can get on to the bus. What is more, each seat in the bus is marked with a “check” or an “X”. You may sit in those seats marked with a green “check” but NOT in those marked with a red “X.”

This means that there are fewer places than normal on buses and minibuses.

And just like any time you are in public or at your work, remember to wear a mask, wash your hands constantly, or use hand sanitizer.

 

If you take public transportation, be informed of fees and charges, too. You can find these through RURA, both on their website (rura.rw) and on Twitter (@RURA_RW). Mind that fees and charges are higher than they were before the pandemic began, and be sure to include this in your budget. For example, if you used to pay 260 RWF to go from Kacyiru to Nyabugogo, you will now pay 367 RWF. Checking the cost will help you from paying too much, and keep you prepared for the amount you will need.

Be Healthy! Social distance, wear a mask, wash your hands and sit in the seats marked with a green check mark when taking the bus. DO NOT gather in a crowd for yourself and for others’ safety. Together – but safely distant – we can keep each other healthy

For more information:

https://www.newtimes.co.rw/news/new-measures-rolled-out-ensure-social-distancing-public-buses

https://en.igihe.com/news/article/rura-introduces-new-public-transport-fares

https://www.newtimes.co.rw/news/new-measures-rolled-out-ensure-social-distancing-public-buses


Nkora ubucuruzi bwo mu rwego rw’amahoteri kandi bushingiye ku bukerarugendo. Ni gute ubucuruzi nkora buzakomeza gukora mu gihe abantu badakora ingendo ?

Amahoteri & Ubukerarugendo

Nkora ubucuruzi bwo mu rwego rw’amahoteri kandi bushingiye ku bukerarugendo. Ni gute ubucuruzi nkora buzakomeza gukora mu gihe abantu badakora ingendo ?

Igisubizo:Mu Rwanda, ubukerarugendo ni urwego rw’ingirakamaro. Mu gihe ingendo zo mu kirere no ku butaka ziva cyangwa zigana mu Rwanda zikibujijwe uhereye ku wa 5 Gicurasi 2020, Guverinoma y’u Rwanda n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) biri gusuzuma uburyo byakoroshya ingaruka iki cyorezo kigira ku rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri.

Uhereye ku wa 4 Gicurasi 2020, amahoteri na resitora yemerewe kongera gukora ariko agomba gufunga saa moya z’umugoroba buri munsi. Zigomba kandi gushyiraho aho gukarabira ku buryo abakiriya n’abakozi babasha gukaraba intoki, cyangwa  hagakoreshwa umuti wo gusukura intoki igihe abakiriye binjiye muri hoteri na resitora.Nk’uko bigenda ku bikorwa byose by’ubucuruzi, abakozi bose bagomba kwambara agapfukamunwa ndetse n’abo bakira bakaza bakambaye! Bagomba kandi gusiga umwanya hagati yabo.

Inyubako zikorerwamo siporo ngororangingo, utubyiniro, utubari, kiriziya n’insengero n’ahandi hantu hateranira abantu benshi birakomeza gufunga kugeza igihe hatangiwe andi mabwiriza.

Hatangijwe kandi imishinga irimo gahunda yo guhangana n’icyorezo cya Korona virusi mu Rwanda wasanga ku rubuga www.coronaactionrwanda.rw. Iyi gahunda ntireba by’umwihariko urwego rw’amahoteri, ahubwo  izatanga inkunga n’impano ku bigobizazisaba uhereye ku wa 8 Gicurasi 2020.

Mu gusoza, amasosiyete y’ubucuruzi yagize ingorane mu gukora imenyekanisha rya buri mwaka na raporo y’ibaruramari ya buri mwaka kubera ingamba zo gufunga ibikorwa bitari iby’ingenzi n’ingamba zashyizweho mu gukumira ikwirakwira rya COVID-19 yongerewe igihe kugeza ku wa 31 Nyakanga 2020 kugira ngo abe yabigejeje mu biro by’Umwanditsi Mukuru muri RDB.

Menya amakuru agezweho! Niba ubarizwa mu rwego rw’ubukerarugendo, menya amakuru yose agezweho ukurikirana ibishyirwa ku rubuga rwa RDB kugira ngo umenye amatangazo yerekeye inguzanyo n’izindi ngamba ndetse ukomeze gukorana bya hafi n’ishyirahamwe ubarizwamo hamwe na PSF kugira ngo ubashe kumenya amahirwe aboneka muri bizinesi ukora.

Hospitality & Tourism

 I have a hospitality business and depend on tourism. How will I keep my business during a time when people are not traveling?

Answer: In Rwanda, tourism is an important sector. While travel to and from Rwanda by air or land is still prohibited as of May 5th, 2020, the Government of Rwanda and the Rwanda Development Board (RDB) are looking at ways in which to ease the burden on the tourism and hospitality industry.

As of May 4th, hotels and restaurants may now operate again, but they must close by 7:00 pm each day. They must also install hygiene stands so that customers and staff can wash their hands, or apply hand sanitizer when they enter. As with all businesses, all employees must wear a mask – and customers too! And always keep a distance.

Gyms, nightclubs, bars, churches, and other large gathering places will stay closed until further notice.

There are also initiatives like the Corona Action Rwanda initiative at www.coronaactionrwanda.rw. This initiative is not specifically for the hospitality industry, but it will provide both support and grants to organizations that apply by May 8th, 2020.

Finally, for companies who faced challenges in filing their annual returns and annual accounts due to the lockdown and measures put in place to contain the spread of COVID-19, to the office of the Registrar General in RDB period has been extended until 31st of July 2020.

Be Smart! If you are part of the tourism sector, make sure to stay up-to-date by following RDB for announcements on loans and other measures, as well as keeping in touch with your association, chamber and PSF so that you know what is available to your business.

For more information

https://www.newtimes.co.rw/business/government-commits-supporting-local-tourisms-recovery-post-covid-19


As of May 4th, 2020, can I return to work? What do I need to know and do?

For information on COVID-19 in Rwanda, dial 114 toll-free.

UPDATE: Business Opening Measures, 4th May 2020

As of May 4th, 2020, can I return to work? What do I need to know and do?

Answer: The Government of Rwanda has begun the process of opening businesses in a slow and cautious way.

However, new measures as of May 4th, 2020, will help you to return to work. Just remember to follow the guidelines, keep checking this site and Government sites (see below) to stay up to date.

Specifically:

  • Public and private businesses can now resume working with essential staff. However, businesses must NOT have more than 50% of all employees at work – the shop, office or other place of work – at any time.
  • Employers must provide masks for all employees while they are at work. Masks are an important tool for keeping yourself and others safe and healthy.
    For the full guidelines on opening businesses, you can visit the official Government of Rwanda website and Guidelines starting May 4th. And for more to stay healthy, keep up to date with RBC, the Rwanda Biomedical Centre.

Be Safe! Follow the Government guidelines, wear your mask, wash your hands and keep hand sanitizer available, and do not work with more than 50% of your staff at the workplace. This will help to keep you, your employees, and your customers safe.

 

For more information

https://pbs.twimg.com/media/EXKummOWkAEF9wl?format=jpg&name=small

https://www.gov.rw/blog-detail/covid-19-cabinet-reviews-lockdown-measures-effective-may-4th-2020

AMAKURU MASHYA: Ingamba zikurikizwa mu gufungura bimwe mu bikorwa by’ubucuruzi ku wa 4 Gicurasi 2020

Ese guhera ku wa 4 Gicurasi 2020, nshobora gusubira ku kazi? Ni ibiki ngomba kumenya no kwitwararika?

Igisubizo:Guverinoma y’u Rwanda yatangiye,mu bwitonzi kandi buhoro buhoro, gahunda yo gufungura ibikorwa by’ubucuruzi.

Ingamba nshya zitangira kubahirizwa ku wa 4 Gicurasi 2020 zizabafasha gusubira ku mirimo. Ibuka kubahiriza imirongo ngenderwaho ikurikira, ukomeze gusura uru rubuga  ndetse n’izindi mbuga za Guverinoma (reba ahakurikira) kugira ngo ukomeza kubona amakuru agezweho.

By’umwihariko:

  • Ibigo bya leta n’iby’abikorera bishobora noneho gutangira gukora byifashisha abakozi b’ingenzi. Icyakora, ibigo bibujijwe gukoresha abarenze 50% by’abakozi bose, haba mu iduka, mu biro cyangwa ahandi hose hakorerwa imirimo, igihe icyo aricyo cyose.
  • Abakoresha bagomba guha abakozi babo bose udupfukamunwa igihe bari mu kazi. Udupfukamunwa ni igikoresho cy’ingirakamaro mu kukurinda kwandura cyangwa kwanduza abandi maze mugakomeza kugira ubuzima buzira umuze.
IBYO USABWA GUKURIKIZA IBYO UGOMBA KWIRINDA
Kwambara agapfukamunwa igihe uri mu ruhame wirinda gukwirakwiza COVID-19 Kutavanaho cyangwa kumanura agapfukamunwa igihe uvuga, ukorora cyangwa witsamura
Kumarana agafukamunwa igihe kitarenze amasaha 6 Kutikora ku zuru cyangwa ku munwa igihe wambara agapfukamunwa
Kumesa agapfukamunwa mu mazi ashyushye  n’isabune nikamara kumuka, ugatere ipasi Kwirinda kugura agapfukamunwa ahantu hatemewe. Tuboneka no muri farumasi, supamaketi n’ahandi hantu hemejwe n’Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA)
Kwambara agapfukamunwa gakingiye izuru, umunwa n’akananwa Abakora udupfukamunwa batugurisha dufunitse. Birabujijwe kutwigera mbere yo kugura
Kugira nibura udupfukamunwa tubiri ukambara kamwe igihe wafuze/wameshe akandi Agapfukamunwa kambarwa n’umuntu umwe gusa

Ukeneye kumenya amabwiriza yerekeye gukomorera bimwe mu bikorwa by’ubucuruzi, ushobora gusura urubuga rwa Guverinoma y’u Rwanda n’Amabwiriza akurikizwa uhereye ku ya 4 Gicurasi. Kugira ngo ukomeze kugira ubuzima bwiza kandi wirinda, kurikira buri gihe inama zitangwa na RBC, Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima.

Irinde! Kurikiza amabwiriza yashyizweho na Guverinoma, ambara agapfukamunwa, karaba intoki kandi uhorane umuti wo gusukura intoki kandi ntukoreshe abarenze 50% by’abakozi ufite ku kazi aho ukorera. Ibi bizagufasha wowe n’abakozi bawe, ndetse n’abakugana kwirinda kwandura no kwanduza abandi


What do I need to know about traveling in Rwanda as of May 4th, 2020? How can I safely get to work?

Transport

Question: What do I need to know about traveling in Rwanda as of May 4th, 2020? How can I safely get to work?

Answer: Slowly but surely, Rwandans are getting back to work and moving around their provinces and City of Kigali. No public transport between provinces and between Provinces and City of Kigali. Public transportation is an important part of getting to and from work, and it is important to follow the Government guidelines to stay healthy.

While you may not use public transportation – buses, minibuses or even your own vehicle – between different provinces in the country, buses and minibuses have started to accept passengers once again. Moto taxis are also not yet permitted to take passengers.

To be safe on buses, respect social distancing guidelines when waiting in line to get on the bus. Contact with an infected person can cause YOU to be infected too, and so distance is important. In some cases passengers will also be screened before they can get on to the bus. What is more, each seat in the bus is marked with a “check” or an “X”. You may sit in those seats marked with a green “check” but NOT in those marked with a red “X.”

This means that there are fewer places than normal on buses and minibuses.

And just like any time you are in public or at your work, remember to wear a mask, wash your hands constantly, or use hand sanitizer.

 

If you take public transportation, be informed of fees and charges, too. You can find these through RURA, both on their website (rura.rw) and on Twitter (@RURA_RW). Mind that fees and charges are higher than they were before the pandemic began, and be sure to include this in your budget. For example, if you used to pay 260 RWF to go from Kacyiru to Nyabugogo, you will now pay 367 RWF. Checking the cost will help you from paying too much, and keep you prepared for the amount you will need.

Be Healthy! Social distance, wear a mask, wash your hands and sit in the seats marked with a green check mark when taking the bus. DO NOT gather in a crowd for yourself and for others’ safety. Together – but safely distant – we can keep each other healthy

For more information:

https://www.newtimes.co.rw/news/new-measures-rolled-out-ensure-social-distancing-public-buses

https://en.igihe.com/news/article/rura-introduces-new-public-transport-fares

https://www.newtimes.co.rw/news/new-measures-rolled-out-ensure-social-distancing-public-buses

Ubwikorezi

Ni iki ngomba kumenya ku byerekeye ingendo zikorerwa mu Rwanda guhera ku wa 4 Gicurasi 2020? Ni gute najya ku kazi nizeye umutekano?

Igisubizo:Buhoro buhoro, Abanyarwanda batangiye batangiyegusubira ku mirimo no gukorera ingendo imbere mu ntara no mu mujyi wa Kigali. Ingendo hagati y’intara no hagati y’intara n’Umujyi wa Kigali zirabujijwe. Gutwara abantu n’ibintu ni kimwe mu bintu by’ingenzi bifasha abantu mu ngendo bakora bajya cyangwa bava ku mirimo kandi birakwiye gukurikiza amabwiriza yashyizweho na Guverinoma kugira ngo bakomeze kugira ubuzima buzira umuze.

Nubwo hari abatajya bakoresha uburyo bworoshya ingendo rusange nko gutega za bisi nini n’into cyangwa ngo bakoreshe ibinyabiziga byabo mu ngendo bakorera mu ntara zitandukanye imbere mu gihugu,  bisi nini n’into zongeye gutwara abagenzi mu gihe za moto zo zitari zemererwa gutwara abagenzi.

Kugira ngo twirinde igihe duteze za bisi, tugomba gukurikiza amabwiriza yerekeye intera hagati y’umuntu n’undi igihe dutonze umurongo dutegereje kwinjira muri bisi. Iyo uhuye n’umuntu wanduye ashobora nawe kukwanduza ni yo mpamvu dukwiye gushyira intera hagati yacu n’abo duhura nabo. Rimwe na rimwe, abagenzi bakorerwa igenzura mbere yo kwinjira muri bisi. Impinduka nshya ni uko buri ntebe muri bisi iriho akamenyetso kerekana aho wemerewen’aho utemerewe kwicara. Wemerewe kwicara ku ntebe ziriho akamenyetso ‘“check”k’icyatsi kibisi ariko ntiwemerewe kwicara ahari akamenyetso gatukura “X.”

Bisobanuye ko imyanya yicarwamo muri bisi nini n’into yabaye mike kurusha uko byari bimenyerewe.

Igihe uri mu ruhame cyangwa uri ku kazi kawe, ibuka kwambara agafukamunwa, gukaraba intoki buri gihe no gukaraba umuti usukura intoki.

= Yego, icara aha!

= Oya, wikwicara aha!

Niba utega imodoka zitwara abagenzi muri rusange, menya ibiciro by’ingendo n’andi mafaranga yishyurwa. Wabisanga kuri RURA, haba ku rubuga rwayo www.rura.rw  no kuri Twitter (@RURA_RW). Zirikana ko ibiciro by’urugendo biri hejuru y’ibyakurikizwaga mbere y’uko icyorezo cyaduka maze ubiteganye mu ngengo y’imari. Urugero: niba usanzwe wishyura 260 Frw kuva Kacyiru ujya Nyabugogo, ubu uzajya wishyura 365 Frw. Kugenzura ikiguzi cy’urugendo bizagufasha kutishyura menshi bityo uhore witeguye kwishyura umubare w’amafaranga usabwa.

Bungabunga ubuzima bwawe!Kubahiriza intera hagati y’abantu, kwambara agapfukamunwa, gukaraba intoki no kwicara mu ntebe ziriho akamenyetso k’icyatsi kibisi igihe uteze bisi. IRINDE kujya mu kivunge ku bw’umutekano wawe ndetse n’uw’abandi. Twese hamwe, duhanye intera hagati yacu, buri wese ashobora kubungabunga ubuzima bwa mugenzi we!


I have a hospitality business and depend on tourism. How will I keep my business during a time when people are not traveling?

Hospitality & Tourism

 I have a hospitality business and depend on tourism. How will I keep my business during a time when people are not traveling?

Answer: In Rwanda, tourism is an important sector. While travel to and from Rwanda by air or land is still prohibited as of May 5th, 2020, the Government of Rwanda and the Rwanda Development Board (RDB) are looking at ways in which to ease the burden on the tourism and hospitality industry.

As of May 4th, hotels and restaurants may now operate again, but they must close by 7:00 pm each day. They must also install hygiene stands so that customers and staff can wash their hands, or apply hand sanitizer when they enter. As with all businesses, all employees must wear a mask – and customers too! And always keep a distance.

Gyms, nightclubs, bars, churches, and other large gathering places will stay closed until further notice.

There are also initiatives like the Corona Action Rwanda initiative at www.coronaactionrwanda.rw. This initiative is not specifically for the hospitality industry, but it will provide both support and grants to organizations that apply by May 8th, 2020.

Finally, for companies who faced challenges in filing their annual returns and annual accounts due to the lockdown and measures put in place to contain the spread of COVID-19, to the office of the Registrar General in RDB period has been extended until 31st of July 2020.

Be Smart! If you are part of the tourism sector, make sure to stay up-to-date by following RDB for announcements on loans and other measures, as well as keeping in touch with your association, chamber and PSF so that you know what is available to your business.

For more information

https://www.newtimes.co.rw/business/government-commits-supporting-local-tourisms-recovery-post-covid-19

Amahoteri & Ubukerarugendo

Nkora ubucuruzi bwo mu rwego rw’amahoteri kandi bushingiye ku bukerarugendo. Ni gute ubucuruzi nkora buzakomeza gukora mu gihe abantu badakora ingendo ?

Igisubizo:Mu Rwanda, ubukerarugendo ni urwego rw’ingirakamaro. Mu gihe ingendo zo mu kirere no ku butaka ziva cyangwa zigana mu Rwanda zikibujijwe uhereye ku wa 5 Gicurasi 2020, Guverinoma y’u Rwanda n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) biri gusuzuma uburyo byakoroshya ingaruka iki cyorezo kigira ku rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri.

Uhereye ku wa 4 Gicurasi 2020, amahoteri na resitora yemerewe kongera gukora ariko agomba gufunga saa moya z’umugoroba buri munsi. Zigomba kandi gushyiraho aho gukarabira ku buryo abakiriya n’abakozi babasha gukaraba intoki, cyangwa  hagakoreshwa umuti wo gusukura intoki igihe abakiriye binjiye muri hoteri na resitora.Nk’uko bigenda ku bikorwa byose by’ubucuruzi, abakozi bose bagomba kwambara agapfukamunwa ndetse n’abo bakira bakaza bakambaye! Bagomba kandi gusiga umwanya hagati yabo.

Inyubako zikorerwamo siporo ngororangingo, utubyiniro, utubari, kiriziya n’insengero n’ahandi hantu hateranira abantu benshi birakomeza gufunga kugeza igihe hatangiwe andi mabwiriza.

Hatangijwe kandi imishinga irimo gahunda yo guhangana n’icyorezo cya Korona virusi mu Rwanda wasanga ku rubuga www.coronaactionrwanda.rw. Iyi gahunda ntireba by’umwihariko urwego rw’amahoteri, ahubwo  izatanga inkunga n’impano ku bigobizazisaba uhereye ku wa 8 Gicurasi 2020.

Mu gusoza, amasosiyete y’ubucuruzi yagize ingorane mu gukora imenyekanisha rya buri mwaka na raporo y’ibaruramari ya buri mwaka kubera ingamba zo gufunga ibikorwa bitari iby’ingenzi n’ingamba zashyizweho mu gukumira ikwirakwira rya COVID-19 yongerewe igihe kugeza ku wa 31 Nyakanga 2020 kugira ngo abe yabigejeje mu biro by’Umwanditsi Mukuru muri RDB.

Menya amakuru agezweho! Niba ubarizwa mu rwego rw’ubukerarugendo, menya amakuru yose agezweho ukurikirana ibishyirwa ku rubuga rwa RDB kugira ngo umenye amatangazo yerekeye inguzanyo n’izindi ngamba ndetse ukomeze gukorana bya hafi n’ishyirahamwe ubarizwamo hamwe na PSF kugira ngo ubashe kumenya amahirwe aboneka muri bizinesi ukora.


What do new government measures to resume economic activities affected by COVID-19 mean for my business?

Question:

I heard that new measures to resume economic activities affected by COVID-19 were issued by the Government. What does this mean for my business?

Answer: The Government of Rwanda reviewed existing strategies to contain the outbreak of COVID-19 and approved a number of measures to enable economic activities to resume as of Monday, May 4, 2020. Here is what you need to know:

  • General preventative measures must continue, including the need to wear masks in public at all times and adhere to hand hygiene and social distancing for all resumed activities. Mass screening and testing for COVID-19 will continue nationwide. Movement is prohibited from 8pm to 5am except with permission.
  • Businesses will resume with essential workers; however:
    • All non-essential employees should continue working from home.
    • Markets will open for essential vendors not exceeding 50% of registered traders.
    • Hotels and restaurants will operate but close by 7pm.
    • Manufacturing and construction sectors will open with essential workers only.
  • Electronic payments and online banking services should be used whenever possible.
  • Public and private transport will resume within the same province. Transport between different provinces and the city of Kigali is not permitted.
  • Motos and bicycles are not permitted to carry passengers but may carry goods and offer delivery services.

The Government is doing all possible to be sure that economic activities can begin to resume in a way that continues to keep everyone safe. The guidelines will be reviewed after 15 days upon a health assessment.

Be Safe! Make sure you continue to follow general preventative measures and resume economic activities only with essential workers. And stay healthy!

Reference: Office of the Prime Minister. Statement on Cabinet Resolutions of 30 April 2020.