Radio show I Uruhare rw’Ibigo by’Ubucuruzi Buto mu Rugendo rwo Kuzahura Ubukungu

Uruhare rw’Ibigo by’Ubucuruzi Buto mu Rugendo rwo Kuzahura Ubukungu
Kuwa 18 Werurwe 2021, SME Response Clinic yatangije ubukangurambaga bwa Twiteze Imbere bugamije kwishimira uruhare Ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bifite mu rugamba rwo kuzahura ubukungu bwazahajwe n’Icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda. Ubwo bukangurambaga bwatewe inkunga n’abafatanyabikorwa ba SME Response Clinic n’abatanga serivisi z’iterambere ry’ubucuruzi harimo Ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, kwihangira imirimo, n’ibigo by’imari iciriritse (RICEM).
Muri ubwo bukangurambaga, hakozwe ikiganiro cyaciye kuri radiyo gitangwa na Esperance Niyitegeka, ukuriye gahunda y’amahugurwa muri RICEM na Angelique Uwimana, rwiyemezamirimo ukora mu kigo cy’ubudozi cyanyuze muri gahunda y’amahugurwa ya RICEM. Esperance yasobanuye mu buryo burambuye ibijyanye n’ubukangurambaga anashimangira uruhare ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bigira mu kazahura ubukungu bwazahajwe na COVID-19 mu Rwanda harebwa uruhare rwa byo mu misoro igihugu cyinjiza. Angelique kandi yashishikarije ba rwiyemezamirimo b’abagore kugira uruhare muri ubu bukangurambaga bagerageza amahirwe yabo yo kubona igihembo cyabafasha kongera imari yabo; izabafasha guteza imbere ubucuruzi bwabo.
Kanda hano maze wumve icyo kiganiro!
The role of SMEs in the road to recovery
On 18th March 2021, the SME Response Clinic launched the Twiteze Imbere campaign to recognize and celebrate the role SMEs play in Rwanda’s road to recovery from the COVID-19 pandemic. The campaign was supported by the partners of the SME Response Clinic and business development service providers, including the Rwanda Institute of Cooperatives, Entrepreneurship, and Microfinance (RICEM).
During the campaign, a radio show was conducted featuring Esperance Niyitegeka, a lead trainer at RICEM and Angelique Uwimana, an entrepreneur involved in the tailoring business that had gone through RICEM’s training program. Esperance gave a detailed overview of the campaign and highlighted the role SMEs play in Rwanda‘s recovery from COVID-19, sighting their contribution to taxes. Angelique also encouraged women entrepreneurs to participate in the campaign to stand a chance to win and increase their capital, which would help them develop their businesses.
Radio show I The role of SMEs in the road to recovery

The role of SMEs in the road to recovery
On 18th March 2021, the SME Response Clinic launched the Twiteze Imbere campaign to recognize and celebrate the role SMEs play in Rwanda’s road to recovery from the COVID-19 pandemic. The campaign was supported by the partners of the SME Response Clinic and business development service providers, including the Rwanda Institute of Cooperatives, Entrepreneurship, and Microfinance (RICEM).
During the campaign, a radio show was conducted featuring Esperance Niyitegeka, a lead trainer at RICEM and Angelique Uwimana, an entrepreneur involved in the tailoring business that had gone through RICEM’s training program. Esperance gave a detailed overview of the campaign and highlighted the role SMEs play in Rwanda‘s recovery from COVID-19, sighting their contribution to taxes. Angelique also encouraged women entrepreneurs to participate in the campaign to stand a chance to win and increase their capital, which would help them develop their businesses.
Uruhare rw’Ibigo by’Ubucuruzi Buto mu Rugendo rwo Kuzahura Ubukungu
Kuwa 18 Werurwe 2021, SME Response Clinic yatangije ubukangurambaga bwa Twiteze Imbere bugamije kwishimira uruhare Ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bifite mu rugamba rwo kuzahura ubukungu bwazahajwe n’Icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda. Ubwo bukangurambaga bwatewe inkunga n’abafatanyabikorwa ba SME Response Clinic n’abatanga serivisi z’iterambere ry’ubucuruzi harimo Ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, kwihangira imirimo, n’ibigo by’imari iciriritse (RICEM).
Muri ubwo bukangurambaga, hakozwe ikiganiro cyaciye kuri radiyo gitangwa na Esperance Niyitegeka, ukuriye gahunda y’amahugurwa muri RICEM na Angelique Uwimana, rwiyemezamirimo ukora mu kigo cy’ubudozi cyanyuze muri gahunda y’amahugurwa ya RICEM. Esperance yasobanuye mu buryo burambuye ibijyanye n’ubukangurambaga anashimangira uruhare ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bigira mu kazahura ubukungu bwazahajwe na COVID-19 mu Rwanda harebwa uruhare rwa byo mu misoro igihugu cyinjiza. Angelique kandi yashishikarije ba rwiyemezamirimo b’abagore kugira uruhare muri ubu bukangurambaga bagerageza amahirwe yabo yo kubona igihembo cyabafasha kongera imari yabo; izabafasha guteza imbere ubucuruzi bwabo.
Kanda hano maze wumve icyo kiganiro!
Radio show I Get to know the Twiteze Imbere Campaign and SME Response Clinic

Get to know the Twiteze Imbere Campaign and SME Response Clinic
On 26th March 2021, the SME Response Clinic launched the Twiteze Imbere campaign to recognize and celebrate the role SMEs play in Rwanda‘s road to recovery from the COVID-19 pandemic. The campaign was supported by the partners of the SME Response Clinic, including the African Management Institute (AMI), which will be providing sponsorship to select runners-up of the campaign’s Business Awards competition to participate in its Survive to Thrive programme. The programme equips business owners with the skills, tools, and strategies to navigate challenges and thrive in difficult times.
AMI’s country director, Malik Shaffy Lizinde, was featured on Radio Rwanda for a 30-minute discussion on the Amahumbezi program. Malik gave a detailed overview of the campaign and highlighted how SMEs could engage with the campaign to stand a chance to win 1 million Rwandan Francs and expert advisory services.
Menya Ubukanguramabaga bwa Twiteze Imbere na SME Response Clinic
Kuwa 26 Werurwe 2021, SME Response Clinic yatangije ubukangurambaga bwa Twiteze Imbere bugamije kwemera no kwishimira uruhare ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bigira mu rugamba rwo kuzahura ubukungu bwajahajwe n’Icyorezo cya COVID-19. Ubwo bukangurambaga bwatewe inkunga n’abafatanyabikorwa ba SME Response Clinic, barimo Ikigo Nyafurika cy’Icungamutungo (AMI), kizatanga amafaranga yo guhitamo abazahatanira igihembo gihabwa ikigo cy’ubucuruzi muri ubu bukangurambaga kugira ngo kibashe kwitabira Gahunda yayo ya Komeza Utere Imbere (Survive to Thrive). Gahunda iha abafite ibigo by’ubucuruzi ubumenyi ngiro, ibikoresho, n’ingamba zo guhangana n’ingorane no gutera imbere mu bihe bikomeye.
Umuyobozi w’AMI mu rwego rw’igihugu, Bwana Malik Shaffy Lizinde, yahawe umwanya kuri Radiyo Rwanda wo gukora ikiganiro cy’iminota 30 kuri gahunda y’Amahumbezi. Bwana Malik yavuze muri make ibijyanye n’ubwo bukangurambaga anasobanura mu buryo bwimbitse uburyo ibigo by’ubucuruzi bito n’ibiciriritse bikwiye kwitabira iyi gahunda kugira ngo bibashe kubona miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda na serivisi z’ubujyanama bizahabwa n’inzobere.