Tukurarikiye kubana natwe mukiganiro ku kwiga uburyo wakoresha ngo uhangane n’umunaniro ukabije wo mu ntekerezo!

SME Response Clinic ifatanyije na Geruka Healing Centre izakora ikiganiro gicaho uwo mwanya ku gufasha ba rwiyemezemririmo kongera kwiyubaka nka kimwe mu biganiro by’uruhererekane bizakomeza gutambuka bigamije gufasha ba rwiyemezamirimo bato n’abaciritse kugira ubuzima buzira umuze.

Iki kiganiro kizaba kuwa gatanu, tariki ya 12 Ugushyingo 2021 saa cyenda z’amanywa, kikaba kizaca kumbuga nkoranyambaga za SME Response Clinic, zirimo Facebook na YouTube.

Abatumirwa muri icyo kiganiro ni Dr. Jean Pierre Ndagijimana, Umwe mubashinze, RWANDA PSYCHOLOGICAL SOCIETY, Johnson Runuya, Uwashinze & Umuyobozi, JOHNSON THE BAKER, na Claudine Tuyisenge, Uwashinze & Umuyobozi, KICIRWANDA. Iki kiganiro kizaba mu kinyarwanda.

@2020 ACCESS TO FINANCE RWANDA
AFR (Access to Finance Rwanda) & ConsumerCentriX
Email
smeresponseclinic@gmail.com; info@afr.rw

Privacy Preference Center

Discover more from SME Response Clinic

Subscribe now to keep reading and get access to the full archive.

Continue reading