
Kudahungabanywa n’ibihe no gukomeza kwiyubaka
Ubucuruzi, inganda n’ibindi bigo bitandukanye bizahinduka mu gihe cyo kuva ku myaka itatu kugeza kuri itanu iri imbere, by’umwihariko mu gihe u Rwanda n’Umuryango w’ibihugu by’uburasirazuba bwo hagati bwa Afrika bizaba bihura n’ingaruka zo mu gihe kirekire zizaterwa n’icyorezo cyugarije isi.
Mu gihe cy’imyaka itatu kugera kuri itanu iri imbere, ibikorwa by’ubucuruzi ndetse n’umuryango mugari wa muntu bizagenda bihura n’impinduka zinyuranye arinako u Rwanda ndetse n’agace k’uburasirazuba bw’Afurika bikomeza guhangana n’ingaruka z’igihe kirekire zizatezwa n’icyorezo cyugarije isi. Kwiyungura ubumenyi bushya binyuze kuri murandasi rero bizagusafasha kwitegura no guhangana neza n’impinduka mu mikorere n’imikoreshereze y’imari, bityo ibikorwa byawe bikaguma bishinze imizi.